wex24news

IMIKINO

Amis Cedric wahembwaga akayabo mu Barabu yateye ubwoba ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kwaka akayabo iyi kipe kumuha byagorana

Hashize iminsi ikipe ya Rayon Sports bivuzwe ko ishaka rutahizamu Amis Cedric wakanyujijeho n’ubundi muri iyi kipe mu myaka ishize ariko kugeza ubu bikaba ntakirakorwa. Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwagiranye ibiganiro n’uyu mukinnyi ndetse uyu mukinnyi aza gutangaza ko mu minsi micye arerekeza muri Rayon Sports abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze kuko yabonaga ibiganiro bimeze […]

Amis Cedric wahembwaga akayabo mu Barabu yateye ubwoba ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kwaka akayabo iyi kipe kumuha byagorana Read More »

Amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi muri Manchester united ikomeje kwifuza abakinnyi benshi bayandi makipe.

Ikinyamakuru bita daily mail kiratangaza ko Manchester united ishaka kongerera Amasezerano umukinnyi wayo ukina yugarira Aaron Wan-Bissaka bakanjya bamuhemba £360,000 birenga ‬ku kwezi. Ikinyamakuru bita Sky sports kiratangaza ko umusore wa Manchester united Jadon Sancho ikipe ya Dortmund yavuyemo muri 2021 yifuza ko yaba yarangije ibiganiro na Manchester united kugirango mu cyumweru gitaha uyu musore

Amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’Abakinnyi muri Manchester united ikomeje kwifuza abakinnyi benshi bayandi makipe. Read More »

ubuyobozi bukuru bwa rayon buyobewe na Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro yamaze gufata umwanzuro ku mutoza mukuru wa Rayon Sports

wayezu Jean Fidèle ndetse n’abo bayoborana muri Rayon Sports bamaze gufata icyemezo ntakuka ku mutoza ukomoka muri Mauritania, Mohamed Wade ko ari we ugomba gutoza Rayon Sports kugeza umwaka w’imikino wa 2023-24. Nyuma yuko Rayon Sports isezereye umutoza mukuru wayitozaga, Yamen Zelfan wumunyamaha guturukamuri ukreine, mu gushaka umusimbura, bahise bajya gushaka umutoza umenyereye shampiyona y’u

ubuyobozi bukuru bwa rayon buyobewe na Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro yamaze gufata umwanzuro ku mutoza mukuru wa Rayon Sports Read More »

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bagaragarije agasuzuguro umutoza none umutoza Mohamed Wade yafashe umwanzuro wo kutazongera kubabanza mu kibuga

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi irimo ikora imyitoza abakinnyi batandukanye b’abanyamahanga badahari kubera ko bari baragiye mu biruhuko muhungu babo. Muri abo bakinnyi harimo Heritier Luvumbu Nzinga, Joachiam Ojera, Moussa Esenu, Charles Bbaale, Mvuyekure Emmanuel, Aruna Moussa Madjaliwa ndetse n’abandi. Muri aba banyamahanga, wex24news twamenyeko abagande barimo Joachiam Ojera, Charles Bbaale ndetse na Moussa

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bagaragarije agasuzuguro umutoza none umutoza Mohamed Wade yafashe umwanzuro wo kutazongera kubabanza mu kibuga Read More »

Mvukiyehe Juvénale yareze Ndorimana Jean François Régis ’Général wamushinjije amarozi yahawe abakinnyi ba Kiyovu Sports.

Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, azitaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Kane, tariki 4 Mutarama 2024, nyuma yo kuregwa na Mvukiyehe Juvénal yashinje uruhare mu kuroga iyi kipe yayoboraga. Kiyovu Sports Limited yayoborwaga na Mvukiyehe Juvénal n’Umuryango Kiyovu Sports uyoborwa na Ndorimana Jean François Régis ’Général’, byombi byafatanyaga

Mvukiyehe Juvénale yareze Ndorimana Jean François Régis ’Général wamushinjije amarozi yahawe abakinnyi ba Kiyovu Sports. Read More »

Umwe mu batoza beza u Rwanda rufite yigiriye hanze y’u Rwanda.

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Umutoza wahoze atoza sunrise FC yo mucyiciro cya 1 muri shampiyona y’u Rwanda ndetse akaba n’umusesenguzi kubijyanye na Ruhago. Akaba yarakoze ku bitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda harimo B&B FM ndetse na RBA yerekeje muri Canada. akaba ajyiye kongera amasomo y’ubutoza kugira ngo akomeze kubukorana ubunararibonye. Muhire Hassan bivungwa ko

Umwe mu batoza beza u Rwanda rufite yigiriye hanze y’u Rwanda. Read More »

Liverpool na Real Madrid ziri kurwanira Mbappé

Igura n’igurisha ry’abakinnyi rihagaze gute i Burayi. Amakipe ya Real Madrid na Liverpool ari kurwanira rutahizamu ukomeye wo mu gihugu cy’Ubufaransa Kylian Mbappé w’imyaka 25 y’amavuko. Muri uku kwezi kwa Mbere uyu musore afite uburenganzira bwo kuba yakinira kipe iyo ariyo yose kubera ko amasezerano ye azaba yarangiye. Kylian Mbappé mu gihe yaba agiye muyindi

Liverpool na Real Madrid ziri kurwanira Mbappé Read More »

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo kwishyura ya shampiyona no kwakira abakozi bashya b’ikipe, abayobozi ba AS Kigali basangiye n’abakozi bose b’ikipe.

Ni igikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, kibera mu gace k’i Nyamirambo. Abayobozi babanje kwakira umutoza mushya, Guy Bukasa n’umunyezamu, Hakizimana Adolphe, ndetse bahabwa ikaze mu kipe ya bo nshya. Nyuma yo kwakira aba bakozi bashya, habayeho ibiganiro hagati y’ubuyobozi, umutoza ndetse n’abakinnyi, bafata ingamba zo kuzitwara neza mu mikino yo

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo kwishyura ya shampiyona no kwakira abakozi bashya b’ikipe, abayobozi ba AS Kigali basangiye n’abakozi bose b’ikipe. Read More »

Rutahizamu uhetse Rayon Sports ashobora gusinyira ikipe isanzwe ikora mu jisho iyi kipe arimo ubuyobozi ntibutagira icyo bukora kare

Muri uku kwezi kwa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sports irarangizanya amasezerano yari ifitanye na rutahizamu Moussa Esenu ukomoka mu gihugu cya Uganda. Uyu mukunnyi umaze gutsindira Rayon Sports ibitego bitari bicye, Amakuru aravugwa ko ashobora gusinyira ikipe ya AS Kigali imaze iminsi isinyishije n’ubundi umuzama w’iyi kipe Hakizimana Bohneur. Moussa Esenu tariki 31 mutarama

Rutahizamu uhetse Rayon Sports ashobora gusinyira ikipe isanzwe ikora mu jisho iyi kipe arimo ubuyobozi ntibutagira icyo bukora kare Read More »

Kiyovu Sports yahumurije abafana ku bihano yafatiwe.

Perezida wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, yaremye agatima abafana b’iyi kipe iri gusabwa miliyoni 70 Frw iherutse gucibwa na FIFA, kubera urubanza yatsinzwemo n’abakinnyi b’abanya-Sudani y’Epfo. Kuri iki Cyumweru tariki 2 Nyakanga 2023, nibwo hari hateganyijwe Inteko Rusange yagombaga gutorerwamo ubuyobozi bushya busimbura ubucyuye igihe, kugira ngo buhabwe umwanya wo kwitegura umwaka utaha

Kiyovu Sports yahumurije abafana ku bihano yafatiwe. Read More »