wex24news

IMIKINO

Immaculée na Alodie batangiye akazi mu kipe nshya rayon sportsWFC. (AMAFOTO)

Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali c, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya shampiyona uyu mwaka. Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali WFC, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya […]

Immaculée na Alodie batangiye akazi mu kipe nshya rayon sportsWFC. (AMAFOTO) Read More »

Mussa Esenu na Rayon Sports byarangiye gute? ese ashobora kugumanaRayon Sports ?byose urabisanga hasi.

Muri Mutarama 2022 ni bwo uyu rutahizamu ukomoka muri Uganda, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe n’igice. Bisobanuye ko ari gusoza amasezerano ye muri iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda. Amakuru avuga ko Mussa Esenu mu Ukwakira, ubwo hari hashize iminsi mike championa ya 2023-24 itangiye, uyu rutahizamu yabajije Rayon Sports ahazaza he ndetse

Mussa Esenu na Rayon Sports byarangiye gute? ese ashobora kugumanaRayon Sports ?byose urabisanga hasi. Read More »

Mohamed Salah yongeye kunengwa azizwa kwifuriza Abakirisitu Noheli nziza

Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu ya Misiri na Liverpool yo mu Bwongereza, Mohamed Salah, yongeye kunengwa ku yindi nshuro azizwa ubutumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze yifuriza Abakirisitu Noheli nziza kandi we ari umuyoboke w’idini ya Islam. Ku wa mbere tariki ya 25 Ukuboza 2023, wari umunsi abayoboke b’idini ya Gaturika mu bice bitandukanye by’Isi, bizihije Noheli

Mohamed Salah yongeye kunengwa azizwa kwifuriza Abakirisitu Noheli nziza Read More »

ishyiramwe ry’umupira wamaguru, muri afurika CAF, ryosohoye urutonde rwa basifuzi,68 bazasifura CAN 2024.

N’urutonde rwa sohotse ejo ku wa 21 ukuboza 2023,rusohowe na CAF. N’irushanwa rizatagira taliki ya 13 mutarama kungeza 12 gashyantare 2024,rikazabera muri cote divoir. Aba basifuzi bazaba barimo,abazasifura mo hagati,nabo ku mande, detse nabazaba basifurira kuri vale,bakaza sifura imikino y’igikombe cy’ibihugu ny’afurica can 2024. kuri urwo rutonde ahariho abanyrwanda babaili 2, uwambere yitwa Uwikunda Samueli,uzasifura

ishyiramwe ry’umupira wamaguru, muri afurika CAF, ryosohoye urutonde rwa basifuzi,68 bazasifura CAN 2024. Read More »

ikipe y’igihungu amavubi isoje umwaka iri k’umwanya 133 kurutode ngaaruka kwezi rwa fifa.

N’uruto rwashyizwe ahagaragara, n’ishyiramwe rishinzwe umupira w’amaguru kwisi fifa. kumunsi wejo taliki ya 21 ukuboza 2023 nibwo fifa nki’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’ isi ryatagaje uko amakipe asoje umwaka ahagaze. ,Ikipe iza kumanya wa mbere kw’ isi,ni ekipe y’igihungu cya aligentine, iza kumwanya 1 aho iyoboye izindi ekipe zibindi bihugu. Naho ikipe izahafi muri afurika mubagabo

ikipe y’igihungu amavubi isoje umwaka iri k’umwanya 133 kurutode ngaaruka kwezi rwa fifa. Read More »

bizimana djihad gapiten wi ikipe yigihugu amavubi ari gukina hanze yu rwanda.

Uyu mu kinnyi ruragiranwa w’amavubi. yerekeje hanze ajyiye gukinira ekipe yo mugihingu cya ukrain yitwa cerberus. Gusa akaba yangezeyo,iyi ekipe iri mubiruhuko, ubwo yangeraga muriki gihungu, yari afite agaciro kibihumb mirongo itandatu byama euro,kumezi atantu amaze muri iki gihungu, amaze kuzamurwa cyane, ubwo agaciro afite kangana nibihimbi ijana byama euro. Akaba ari umukinnyi wa 2

bizimana djihad gapiten wi ikipe yigihugu amavubi ari gukina hanze yu rwanda. Read More »

rayon sport yemeje ko igiye gukomezanya numutoza wayo.

ninyuma yaho habaye inama ebyiri zahuzaga ubuyobozi bwa rayon sport buyobowe na uwayezu jaen fidel banzuyeko uyu mutoza w’umunya morotania akomeza kuyobora rayon. Bakaba bajyiye kumushakira umwugirije,we agakomeza kuyobora nkumutoza mukuru, ninyuma yaho batagiye gushaka umutoza nabakinnyi, nyuma bikaragira bemeje uyu mugabo watagiye kuyiyobora taliki 11 ukwakira. uyu mutoza akaba yaboneyeho gusaba bamwe mubakinnyi ashaka,

rayon sport yemeje ko igiye gukomezanya numutoza wayo. Read More »

Man City yatsinze Urawa Red Diamonds 3-0

Manchester City yatsinze 3-0  Red Diamonds yubuyapani yashyizeho umukino wanyuma w’igikombe cyisi n’ikipe ya Berezile Fluminense nyuma yo guhatanira gutsinda Urawa Red Diamonds mu kuri stade ya King Abdullah Sports City i Jeddah. Mateo Kovacic yinjije ibitego 2-0 ku munota wa 52 nigitego cye cya mbere kuva yinjira muri City avuye muri Chelsea na Bernardo

Man City yatsinze Urawa Red Diamonds 3-0 Read More »

APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe muyitenge.

ku munsi wejo tariki ya 19 Ukuboza 2023 nibwo Amakuru yagiye hanze ko umusore Kategea Elie wakiniraga Mukura VSL akina mukibuga hagati yerekeje muri APR FC, nyuma yo kumusinyisha igihe cyingana n’Imyaka ibiri.kuwa 19 /12/2023 hamenyekanyeko umukinnyi ka karegeya Elie wakinaga muri mukura VSL mukibuga hagati yagiye gukinira APRFC ikaba igiye kumusinyisha imyaka 2akaba yerekeye

APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe muyitenge. Read More »

fifa yatangaje igikombe cyisi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32,

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera tariki ya 15 Kamena kugeza ku ya 13 Nyakanga. Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe aturutse mu mpuzamashyirahamwe esheshatu, aho u Burayi buzaba bufitemo amakipe 12 naho izindi mpuzamashyirahamwe zirimo

fifa yatangaje igikombe cyisi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32, Read More »