wex24news

IMIKINO

Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’.

Rutahizamu wa Bayern Munich, Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’. Harry  kane mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, nyuma yo gutsinda ibitego bibiri muri 3-0 Bayern Munich yatsinze Stuttgart.. harry yakuyeho agahigo ko gutsinda ibi bitego mu gihe […]

Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’. Read More »

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club,

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club, harimo abigeze gukina uwo mukino bongeye kugaragara mu kibuga bakina. Tariki 16-17 Ukuboza 2023, ku Kimuhurura ahazwi nka Mamba Club n’ubundi habarizwa iri tsinda rya ‘Mamba Club’, habereye irushanwa rya Volleyball ikinirwa ku mucanga, Beach Volleyball. Iri rushanwa ryahujwe no kwizihiza

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club, Read More »

umukinnyi jurrien timber wa arsenal yasesekaye mu rwanda

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri Premier League. Timber w’imyaka 22, ntabwo ari gukina muri iyi minsi kubera imvune yagize muri Kanama ubwo yakiniraga Arsenal umukino we wa mbere

umukinnyi jurrien timber wa arsenal yasesekaye mu rwanda Read More »

RWANDA;abasifuzi ba shampiyona barataka inzara

Abasifuzi bo muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, baratabaza basaba kwishyurwa ibirarane by’amafaranga baberewemo na Ferwafa. Ubusanzwe abasifura shampiyona mu Rwanda mu byiciro byombi, mu cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri, ntibagira umushahara w’ukwezi ariko bagenerwa amafaranga abafasha kugera ku bibuga. Muri uyu mwaka w’imikino 2023-2024, kuva watangira, nta n’iritoboye barabona nyamara imikino ibanza yo

RWANDA;abasifuzi ba shampiyona barataka inzara Read More »

Côte d’Ivoire yashoye miliyari 1200 Frw mu bikorwaremezo yitegura CAN 2023

Côte d’Ivoire yubatse imihanda, inazamura stade enye nshya mu kwitegura Igikombe cya Afurika izakira hagati ya tariki ya 13 Mutarama n’iya 11 Gashyantare 2024. Iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika gishaka kuzamura umupira w’amaguru ndetse kikerekana n’ubushobozi gifite mu kwakira irushanwa mpuzamahanga rya siporo. Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Côte d’Ivoire, Idriss Diallo, yavuze

Côte d’Ivoire yashoye miliyari 1200 Frw mu bikorwaremezo yitegura CAN 2023 Read More »

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Kiyovu Sports kuri Kigali Pelé Stadium 1-1, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona. Kiyovu Sports yanganyije na Rayon Sports isoza imikino ibanza iri ku mwanya wa gatandatuNi umukino waryoheye abari kuri muri stade, kuko amakipe yombi yerekanye umupira mwiza uryoheye ijisho. Ku munota wa

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1 Read More »

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0.

Abadepite b’u Rwanda batsinzwe n’aba Uganda ibitego 12-0 mu mukino w’umupira w’amaguru wo mu marushanwa ahuza Inteko Zishinga Amategeko zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ni umukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 11 Ukuboza 2023, kuri Kigali Pelé Stadium. Mbere yo gutangira gukina, abafana ba Uganda bari bamaze gushyiraho umurindi kurenza

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0. Read More »

perezida w’ikipe ya MKE Ankaragucu yakubise umusifuzi igipfutsi umukino ihita ihagarikwa

Ubuyobozi bw’umupira w’amaguru muri Turikiya bwafashe icyemezo cyo guhagarika shampiyona zose nyuma y’uko umusifuzi yatewe igipfunsi na perezida w’ikipe, akagwa hasi mu mukino w’icyiciro cya mbere wabaye ku wa Mbere Umusifuzi Halil Umut Meler yakubiswe na Perezida wa MKE Ankaragucu, Faruk Koca, wirukankiye mu kibuga ubwo ikipe ye yari imaze gutsindwa igitego cyo kwishyura ku

perezida w’ikipe ya MKE Ankaragucu yakubise umusifuzi igipfutsi umukino ihita ihagarikwa Read More »