wex24news

IMIKINO

Rayon Sports igiye kurega Mitima Isaac n’umukozi wa FERWAFA 

kipe ya Rayon Sports yashatse umunyamategeko uzayifasha kurega uwari umukinnyi wayo, Mitima Isaac uheruka kwerekeza muri Arabie Saoudite, ndetse n’umukozi wa FERWAFA wamufashije kubona icyangombwa kimwemerera kujya mu ikipe ye nshya yo hanze (International Transfer Certificate- ITC) kandi hatarubahirijwe ibikubiye mu bwumvikane impande zombi zagiranye. Ku wa 19 Kanama ni bwo Mitima Isaac yasinye amasezerano […]

Rayon Sports igiye kurega Mitima Isaac n’umukozi wa FERWAFA  Read More »

Kapiteni w’Amavubi yafungiwe muri Libya

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Bizimana Djihad yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be bitegura gukina na Libya kuri uyu wa Gatatu, gusa yabanje gufungwa amasaha agera kuri ane n’igice azira kuba muri pasiporo ye harimo ko yageze muri Israël. Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu yari kumwe n’ikipe akinira ya FC Kryvbas Kryvyi Rih yo muri Ukraine ubwo bakinaga

Kapiteni w’Amavubi yafungiwe muri Libya Read More »

Cheptegei uherutse guhagararira Uganda mu Mikino Olempike yatwikiwe mu nzu

Umunya Uganda Rebecca Cheptegei, yatwitswe n’umukunzi we amusanze iwe mu rugo mu gace ka Trans Nzoia County mu gihugu cya Kenya. Umuyobozi wa Polisi mu gace ka Trans-Nzoia County Jeremiah Ole Kosiom yavuze ko Umukunzi wa Cheptegei, Dickson Ndiema, yaguze ijerekani ya lisansi, ayimusukaho nyuma yo kutumvikana. Ndiema wayimusutseho na we yarakomeretse cyane, kandi bombi

Cheptegei uherutse guhagararira Uganda mu Mikino Olempike yatwikiwe mu nzu Read More »

Sadate  asanga Igihe kigeze ngo Rayon Sports igurishwe

Uwahoze ari Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate yatangaje ko asanga igihe kigeze kugira ngo iyi kipe igurishwe yegurirwe abafite amafaranga menshi nk’igisubizo cyonyine isigaranye ngo yongere guhatana n’izindi. Munyakazi Sadate yatagaje ko mu gihe iyi kipe yitegura kuba yashyiraho umuyobozi mushya kuko amakuru ahari ari uko Uwayezu Jean Fidèle wayiyoboraga atazongera kwiyamamaza mu

Sadate  asanga Igihe kigeze ngo Rayon Sports igurishwe Read More »

umukino uzahuza APR FC na Pyramids FC harimo itike y’ibihumbi 900 Frw

APR FC izakira Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League mu mukino uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki 14 Nzeri 2024, kuri Stade Amahoro aho itike ya make ari 2000 Frw, iya menshi ikaba ibihumbi 900by’amafaranga y’u Rwanda. Ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino bigabanyije mu byiciro bitandatu, aho ahasanzwe

umukino uzahuza APR FC na Pyramids FC harimo itike y’ibihumbi 900 Frw Read More »

Abangavu b’u Rwanda batangiye neza Igikombe cya Afurika

Ikipe y’Igihugu y’Abangavu batarengeje imyaka 18 yatsinze iya Afurika y’Epfo amanota 102-37 mu mukino wa mbere w’Igikombe cya Afurika cya Basketball. Uyu mukino wa mbere wabaye ku gicamunsi cyo ku wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024 muri Kaminuza ya Pretoria muri Afurika y’Epfo. U Rwanda rwatangiye umukino neza cyane, Vanessa Prissy Camara na Nibishaka Brigitte

Abangavu b’u Rwanda batangiye neza Igikombe cya Afurika Read More »

Amavubi yangiwe kwinjiza ibikoresho ku kibuga cy’indege i Tripoli

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yamaze kugera i Tripoli muri Libya aho izakinira n’iki gihugu, mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025. Ni urugendo rutari rworoshye nk’uko byatangajwe n’Umutoza Frank Spittler Torsten ndetse agaragaza ko atishimiye isaha bamaze ku kibuga cy’indege. Yagize ati “ Amasaha 20 mu rugendo nta gusinzira, n’isaha imwe idakwiye twamaze

Amavubi yangiwe kwinjiza ibikoresho ku kibuga cy’indege i Tripoli Read More »

Moteri nshya ya Kigali Pelé Stadium yabonetse

Moteri igomba kuzajya yifashishwa mu gucana amatara yo kuri Kigali Pelé Stadium yahageze nyuma y’uko ibaye ikibazo cyahagurukije inzego nkuru z’igihugu. Umwe mu baganiriye na IGIHE yavuze ko “moteri yabonetse, irizewe kandi ifite ubushobozi bwo gucana stade. Ibikorwa bigiye kongera bibe mu buryo busanzwe.” Ni moteri yaje ifite imbaraga zo kuba yacana amatara yose ya

Moteri nshya ya Kigali Pelé Stadium yabonetse Read More »

Umunyamabanga wa Rayon Sports yayisezeyeho

Namenye Patrick wari Umunyamabanga Mukuru w’Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusezera kuri izi nshingano yari amazemo imyaka ibiri. Amakuru ahari ni uko Namenye yamaze kumenyesha Perezida wa Rayon Sports ko nyuma y’minsi 30 iri imbere, kuva tariki ya 1 Ukwakira atazaba akiri umukozi w’iyi kipe. Namenye wagizwe Umunyamabanga Mukuru wa Rayon Sports muri Nzeri 2022,

Umunyamabanga wa Rayon Sports yayisezeyeho Read More »