wex24news

IMIKINO

Ishimwe Christian yagarutse muri Police FC

Myugariro w’ibumoso w’ikipe y’igihugu Amavubi, Ishimwe Christian, yamaze kugaruka mu ikipe ya Police FC nyuma y’uko ibyo kujya muri Zemamra Renaissance yo mu cyiciro cya mbere muri Maroc bidakunze. Uyu musore wahamagawe mu ikipe y’Igihugu izakina na Libya na Nigeria mu gushaka itike ya CAN 2025, yari yavuye mu Rwanda mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama […]

Ishimwe Christian yagarutse muri Police FC Read More »

APR BBC na Patriots BBC ziragana ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka

APR BBC yatsinze REG BBC amanota 65-60, Patriots itsinda Kepler BBC amanota 107-68, amakipe yombi abona itsinzi ya kabiri y’kurikiranya mu mikino ya kamarampaka ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Basketball. Iyi mikino yabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 1 Nzeri 2024 muri Petit Stade yari yuzuye abafana. Umukino wa APR BBC na REG

APR BBC na Patriots BBC ziragana ku mukino wa nyuma wa Kamarampaka Read More »

Manchester United yatsindiwe iwabo

Liverpool yatsinze Manchester United ibitego 3-0 mu mukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League). Ni umukino w’amakipe ahangana cyane muri iki gihugu, by’umvikana ko wari uhanzwe amaso cyane by’umwihariko Man United yari mu rugo. Liverpool yatangiye umukino isatira bikomeye ndetse ku munota wa karindwi, Trent Alexander Arnold yatsinze igitego ariko umusifuzi yifashishije

Manchester United yatsindiwe iwabo Read More »

Stephen Curry yongereye amasezerano muri Warriors

Stephen Curry yongereye amasezerano y’umwaka asanga ibiri yari asigaje muri Golden State Warriors, akazahembwa miliyoni 178$ muri iyo myaka 3. Mu 2022, nibwo Curry yongereye amasezerano y’imyaka 4 muri Warriors, kuri ubu akaba yashyizeho undi umwe bityo akazageza mu 2027 akiri muri iyi kipe rukumbi azi. Muri aya masezerano y’imyaka itatu, Curry azahembwa miliyoni 55.8$

Stephen Curry yongereye amasezerano muri Warriors Read More »

Zira FK na Kryvbas Kryvyi Rih zasezerewe muri UEFA Conference League

Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad, yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 3-0, Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange nayo itsindwa na Omonia Nikosi yo muri Chypre zombi zisezererwa muri UEFA Conference League. Yari imikino yo kwishyura mu ya

Zira FK na Kryvbas Kryvyi Rih zasezerewe muri UEFA Conference League Read More »

Umutoza w’Amavubi yateye utwatsi ibyo kongera abanyamahanga

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yavuze ko kongera umubare w’abanyamahanga muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda ari ubucucu, ahubwo ko we yifuza ko bava kuri batandatu basanzweho bakaba batatu. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’Itangazamakuru ku wa Kane, tariki 29 Kanama 2024, ku kibuga cy’imyitozo cya Stade Amahoro, aho Amavubi ari gukorera

Umutoza w’Amavubi yateye utwatsi ibyo kongera abanyamahanga Read More »

Rwanda Premier League yifuza ko FERWAFA ifata umwanzuro ku mubare w’abanyamahanga

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwandikiye bwa nyuma FERWAFA buyibaza umwanzuro wayo wa nyuma ku kongera umubare w’abanyamahanga ntarengwa uzakoreshwa muri uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Muri ibaruwa Imvaho Nshya ifitiye kopi, Rwanda Premier League yavuze ko mu gihe iri soko ryafunga tariki 30 Kanama 2024 nta mwanzuro amakipe azi, byazateza igihombo gikomeye kuko amakipe

Rwanda Premier League yifuza ko FERWAFA ifata umwanzuro ku mubare w’abanyamahanga Read More »

U Rwanda rwatangiye nabi Imikino Paralempike

Ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball mu bagore ntiyahiriwe n’umukino wa mbere mu Mikino Paralempike ya Paris aho yatsinzwe n’iya Brésil amaseti 3-0 (13-25, 10-25, 7-25). Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Kane, tariki 29 Kanama 2024 i Paris mu Bufaransa, aho iyi mikino ikomeje kubera. U Rwanda rwatangiye gukina iri rushanwa mu mikino y’amatsinda.

U Rwanda rwatangiye nabi Imikino Paralempike Read More »

Haruna Niyonzima yahagaritse akazi muri Rayon Sports

Umukinnyi mushya muri Rayon Sports, Niyonzima Haruna wayisubiyemo nyuma y’imyaka 17, amaze iminsi adakora imyitozo kubera ko iyi kipe itaramwishyura amafaranga bumvikanye ubwo yayisinyiraga. Haruna Niyonzima ntiyagaragaye ku mukino Gikundiro yanganyijemo n’Amagaju FC ibitego 2-2 ku wa Gatanu ndetse na nyuma yaho ntiyongeye kwitozanya n’abandi. Amakuru ahari ni uko uyu mukinnyi yafashe icyemezo cyo guhagarika

Haruna Niyonzima yahagaritse akazi muri Rayon Sports Read More »