wex24news

IMYIDAGADURO

Hasabwe iperereza kuri Gloria Bugie ukekwaho gukwirakwiza amashusho ye y’urukozasoni

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga hasakazwa amashusho y’urukozasoni ya Gloria Bugie, Umunyarwandakazi uri mu bahanzi bari kuzamuka neza muri Uganda, hamaze gusabwa ko akorwaho iperereza. Nyuma y’uko aya mashusho ashyizwe hanze, umugabo witwa Abbey Musinguzi usanzwe afite ikigo gitegura ibitaramo kikanafasha abahanzi ‘Abtex Promotion’ yamaze kwandikira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘CID’ ko rwakora iperereza kuri Gloria […]

Hasabwe iperereza kuri Gloria Bugie ukekwaho gukwirakwiza amashusho ye y’urukozasoni Read More »

Sheebah ashobora guhagarika gukora umuziki 

Umuhanzi w’Umugande Sheebah Karungi yatangaje ko mu bihe bya vuba azafata ikiruhuko mu muziki akita ku bijyanye n’ubucuruzi. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’imwe muri televiziyo zikorera muri Uganda tariki 17 Nzeri 2024, ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe cyaho abona umuziki we mu bihe biri imbere. Mu gusubiza Sheebah yavuze ko umuziki ateganya kuwukora mu buryo

Sheebah ashobora guhagarika gukora umuziki  Read More »

Nicki Minaj yabaye igitaramo muri Nigeria

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Nicki Minaj, yagowe no gusubiramo indirimbo ‘Rush’ y’umuhanzi w’umunyanijeriya Oyinkansola Aderingbibe uzwi cyane nka Ayra Starr, bituma aba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Nigeria. Ibi byashimishije abahanzi bo Nigeria barimo na Olamide wasangije abamukurikira ku rubuga rwe rwa X amashusho ya Nick Minaj  arwana no gusubiramo iyi

Nicki Minaj yabaye igitaramo muri Nigeria Read More »

yatanze miliyoni 50$, asaba kuburana adafunze

Umuraperi Sean “Diddy” Combs watawe muri yombi nyuma yo kugaragarizwa ibyaha akurikiranyweho yatanze miliyoni 50$ nk’ingwate yamufasha kuburana adafunze. Uyu muraperi yatawe muri yombi ku mugoroba ku wa 16 Nzeri 2024 i Manhattan mu mujyi wa New York ndetse kuri uyu wa 17 Nzeri 2024 yitabye ubushinjacyaha agaragarizwa ibyaha bitatu ashinjwa birimo gukoresha izina rye

yatanze miliyoni 50$, asaba kuburana adafunze Read More »

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza, Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo be Ivan Ssemwaga na Diamond Platinumz, agendeye ku buryo bamukundwakazaga. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umuhungu we wa kabiri, Raphael Tlale, ku rubuga rwe rwa YouTube, cyagarukaga ku bibazo uyu mwana yamubazaga bijyanye n’urukundo rwe, n’ibyo yashingiragaho ahitamo uwo bazabana.

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo Read More »

Teta Sandra yahakanye ibyo gukubitwa n’umugabo we

Teta Sandra yahakanye amakuru yari amaze iminsi asakajwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba yongeye gukubitwa n’umugabo we Weasel. Mu minsi ishize nibwo hashyizwe hanze amashusho y’umukobwa abara inkuru y’uburyo Teta Sandra yaba yakubiswe bikomeye, icyakora we yabihakanye avuga ko ataribyo. Mu kiganiro yagiranye n’IGIHE dukesha iyi nkuru ubwo yari abajijwe ku byavugwaga ko yaba

Teta Sandra yahakanye ibyo gukubitwa n’umugabo we Read More »

Umuraperi P-Diddy yatawe muri yombi

Umuherwe akaba n’umuraperi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean “Diddy” Combs yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nyuma y’ikirego cyatanzwe n’ubushinjacyaha bw’umujyi wa New York. Umunyamategeko wa Diddy ari we Marc Agnifilo yemeye ko umukiliya we yatawe muri yombi, gusa ashimangira ko bitari bikwiriye ngo kuko ibirego ashinjwa bamubeshyera. Ntabwo

Umuraperi P-Diddy yatawe muri yombi Read More »

Umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana

Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana. Iyi nkuru y’incamugongo yemejwe n’inyandiko yashyizwe kuri Instagram n’abana batatu ba nyakwigendera, Taj, Taryll na TJ Jackson, nabo ubwabo bigeze kuba abahanzi b’injyana ya R’n’B/pop mu

Umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana Read More »

Meddy na Adrien Misigaro bagiye guhurira ku rubyiniro

Umuhanzi Meddy uherutse guteguza ko agiye gukora igitaramo yise ijoro ryo kuramya n’ubuhamya na Meddy (Night of worship and testimonies with Meddy), yahishuye abahanzi bazamufasha barimo na Adrien Misigaro basanzwe bafitanye indirimbo. Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram Meddy yararikiye abakunzi be kutazabura kuri uwo mugoroba, kuko azafatanya na Adrien Misigaro kubataramira. Yagize ati: “Ku nshuro

Meddy na Adrien Misigaro bagiye guhurira ku rubyiniro Read More »