wex24news

IMYIDAGADURO

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza, Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo be Ivan Ssemwaga na Diamond Platinumz, agendeye ku buryo bamukundwakazaga. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umuhungu we wa kabiri, Raphael Tlale, ku rubuga rwe rwa YouTube, cyagarukaga ku bibazo uyu mwana yamubazaga bijyanye n’urukundo rwe, n’ibyo yashingiragaho ahitamo uwo bazabana. […]

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo Read More »

Teta Sandra yahakanye ibyo gukubitwa n’umugabo we

Teta Sandra yahakanye amakuru yari amaze iminsi asakajwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba yongeye gukubitwa n’umugabo we Weasel. Mu minsi ishize nibwo hashyizwe hanze amashusho y’umukobwa abara inkuru y’uburyo Teta Sandra yaba yakubiswe bikomeye, icyakora we yabihakanye avuga ko ataribyo. Mu kiganiro yagiranye n’IGIHE dukesha iyi nkuru ubwo yari abajijwe ku byavugwaga ko yaba

Teta Sandra yahakanye ibyo gukubitwa n’umugabo we Read More »

Umuraperi P-Diddy yatawe muri yombi

Umuherwe akaba n’umuraperi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean “Diddy” Combs yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nyuma y’ikirego cyatanzwe n’ubushinjacyaha bw’umujyi wa New York. Umunyamategeko wa Diddy ari we Marc Agnifilo yemeye ko umukiliya we yatawe muri yombi, gusa ashimangira ko bitari bikwiriye ngo kuko ibirego ashinjwa bamubeshyera. Ntabwo

Umuraperi P-Diddy yatawe muri yombi Read More »

Umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana

Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana. Iyi nkuru y’incamugongo yemejwe n’inyandiko yashyizwe kuri Instagram n’abana batatu ba nyakwigendera, Taj, Taryll na TJ Jackson, nabo ubwabo bigeze kuba abahanzi b’injyana ya R’n’B/pop mu

Umuvandimwe wa Michael Jackson yitabye Imana Read More »

Meddy na Adrien Misigaro bagiye guhurira ku rubyiniro

Umuhanzi Meddy uherutse guteguza ko agiye gukora igitaramo yise ijoro ryo kuramya n’ubuhamya na Meddy (Night of worship and testimonies with Meddy), yahishuye abahanzi bazamufasha barimo na Adrien Misigaro basanzwe bafitanye indirimbo. Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram Meddy yararikiye abakunzi be kutazabura kuri uwo mugoroba, kuko azafatanya na Adrien Misigaro kubataramira. Yagize ati: “Ku nshuro

Meddy na Adrien Misigaro bagiye guhurira ku rubyiniro Read More »

Bushali yibarutse umwana wa Kabiri

Umuraperi wamamaye mu njyana ya Kinyatrap nka Bushali, yagaragaje ko umwaka urenze yibarutse umwana we wa kabiri w’umuhungu, nk’uko bigaragara mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Sinzatinda’ izaba iri mu zigize Album ye ya Gatatu. Mu guteguza Album ye yise ‘Full Moon’, Bushali yagaragaje ‘Cover’ iriho ifoto ye n’umuhungu we w’imfura ‘Bushali Moon’ yitiriye ukwezi.

Bushali yibarutse umwana wa Kabiri Read More »

KNC yagiriye inama umuryango wa Murungi Sabin kwiyambaza inzego z’ubutabera

Perezida wa Gasogi United KNC akaba n’umuyobozi wa Radio/TV1 yasabye umuryango w’umunyamakuru Murungi Sabin kwiyambaza inzego z’ubutabera nyuma yo kubona ibikomeje kumukorerwa ku mbuga nkoranyambaga. KNC yagarutse kuri ibi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 13 Nzeri 2024 mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri Radio 1. Uyu mugabo avuga ko Sabin akomeje gukorerwa ihohoterwa

KNC yagiriye inama umuryango wa Murungi Sabin kwiyambaza inzego z’ubutabera Read More »

Safi Madiba arikwitegura gutaramira mu Rwanda

Safi Madiba umaze igihe atuye muri Canada aho anakorera ibikorwa by’umuziki we, yatangiye ibitaramo bizenguruka imigabane itandukanye y’Isi akazabisoreza mu Rwanda aho azaba atashye nyuma y’imyaka ine aruvuyemo. Uyu muhanzi ukubutse mu gitaramo yakoreye muri Leta ya Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yataramiye ku wa 31 Kanama 2024. Nyuma yo gutaramira muri

Safi Madiba arikwitegura gutaramira mu Rwanda Read More »

Semuhungu Eric yatangaje ko yifuza kubyara

Semuhungu Eric ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko yifuza kubyara ariko bikazabaho atigeze aryamana n’umukobwa kuko ibyo byiyumviro byamugora kubigira. Yavuze ko n’iyo byaba ngombwa ko babana yazamubabaza kuko yajya aryamana n’abagabo bagenzi be; ibintu byatumye afata umwanzuro wo kuzahuza intanga ze n’uwo bazabyarana. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Keza Sunshine usanzwe ari

Semuhungu Eric yatangaje ko yifuza kubyara Read More »

Umugore wa Sabin yateye umugongo abamusebya

Gasagire Raissa, umugore w’umunyamakuru Murungi Sabin yashimangiye urwo akunda umugabo we nubwo amaze igihe yibasiwe cyane ku mbuga nkoranyambaga n’abamushinja guca inyuma uyu mugore we. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gucicikana amakuru avuga ko Murungi Sabin yaciye inyuma umugore we ndetse aza kuvunika ubwo yageragezaga guhunga ngo adafatirwa muri iki

Umugore wa Sabin yateye umugongo abamusebya Read More »