wex24news

IMYIDAGADURO

Abakora Showbiz basabiwe kujyanwa mu itorero

Nyuma y’ibikomeje kugaragara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, byiganjemo gusebanya, kurwanywa kwa bamwe ndetse na za munyangire, bamwe mu bakoresha izi mbuga bakomeje gusaba inzego zitandukanye kubikurikirana. Kuri uyu wa mbere tariki 9 Nzeri 2024 ni bwo umwe mu bakoresha urubuga rwa X, yatanze igitekerezo cy’uko abakora Showbiz bashyirirwaho gahunda y’Itorero. Yagize ati: “Ariko […]

Abakora Showbiz basabiwe kujyanwa mu itorero Read More »

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye kurikoroza ku mbuga

Umuhanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe kinini cyari gishize batagaragara bari kumwe mu mafoto.  Kuri uyu Mbere tariki 9 Nzeri 2024, ni bwo umuhanzi Ariel Wayz yagize isabukuru y’amavuko, aho mu bamwifurije isabukuru nziza harimo na Juno Kizigenza wigeze kuba umukunzi we uri mu bafashe iya mbere.  Yifashishije

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bongeye kurikoroza ku mbuga Read More »

 Selena Gomez yavuze ko adashobora gutwita

Umuhanzikazi Selena Gomez, yagaragaje ko adashobora gutwita bitewe n’imiti yagiye afata, ariko avuga ko azashaka uburyo bwose bushoboka yabonamo umwana. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Vanity Fair, ubwo yasohokaga ku gifuniko cy’iki kinyamakuru cy’ukwezi k’Ukwakira. Uyu muhanzikazi w’imyaka 32 yavuze ko adashobora kuba yatwita umwana kubera ibibazo bitandukanye yagize biturutse ku miti yagiye ahabwa. Ati

 Selena Gomez yavuze ko adashobora gutwita Read More »

Kendrick Lamar yemejwe ko azatarama muri ‘Super Bowl 2025’

Umuraperi w’icyamamare, Kendrick Lamar, yemejwe ko ariwe uzaririmba mu mikino ya ‘Super Bowl 2025’, nyuma y’uko abahanzi nka Chris Brown, Alicia Keys, Lil Wayne bashyirwaga mu majwi ko yabashobora kuzaririmba muri iyi mikino ikomeye muri Amerika. Imikino ya ‘Super Bowl’ itegurwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru w’abanyamerika ‘National Football League’, ni ngaruka mwaka aho ihuza amakipe abiri

Kendrick Lamar yemejwe ko azatarama muri ‘Super Bowl 2025’ Read More »

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya ‘The Silver Gala’

Ku wa Gatandatu tariki 7 Nzeri 2024 byari ibicika muri Kigali Convention Centre, ahari hakoraniye abanyamujyi n’ibyamamare bitandukanye byari byitabiriye ibirori ‘The Silver Gala’ byateguwe n’umubyinnyi Sherrie Silver binyuze mu muryango we ‘Sherrie Silver Foundation’. Ibi birori byari bigamije gukusanya inkunga yo gukomeza gufasha abana uyu mubyinnyi yiyemeje kwitaho by’umwihariko abaturuka mu miryango ikennye. Abana

Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya ‘The Silver Gala’ Read More »

Mr Nice agiye gukorera igitaramo i Rusizi

Umuhanzi Mr Nice mu muziki agiye kuza gutaramira i Kamembe aho azitabira igitaramo gikomeye cyiswe “Rusizi Magnetic Live Performance”. Igitaramo cy’uyu muhanzi wamamaye mu myaka yo hambere, byitezwe ko kizaba ku wa 14 Nzeri 2024, Mu Mujyi wa Kamembe ahazwi nko kwa Kabera. Ubuyobozi bwa Nix Entertainment iri gutegura iki gitaramo, buvuga ko muri iki

Mr Nice agiye gukorera igitaramo i Rusizi Read More »

Andy Bumuntu yasezeye kuri Kiss FM

Andy Bumuntu yasezeye kuri Kiss FM nyuma y’imyaka ibiri yari amaze akorayo ikiganiro Kiss Breakfast yahuriragamo n’abarimo Rusine na Sandrine Isheja uherutse kwerekeza muri RBA nk’Umuyobozi Mukuru Wungirije. Uyu muhanzi winjiye muri Kiss FM muri Mata 2022, abinyujije mu itangazo yashyize hanze, yamenyesheje abakunzi be ko yamaze kuva kuri iyi radiyo yari amazeho imyaka ibiri.

Andy Bumuntu yasezeye kuri Kiss FM Read More »

Umusizi Murekatete agiye gushyira ahagaragara Alubum

Nyuma y’igihe kirenga umwaka umusizi Murekatete adashyira ahagaragara ibisigo, yahishuye ko ataretse ubusizi ahubwo yari ahugiye muri byinshi bifitanye isano nabwo, agamije gutegure ibisigo byinshi akaba ateganya gushyira ahagaragara umuzingo (Album) we. Kumara igihe kinini nta gisigo ashyira ahagaragara byatumye benshi mu bamukurikira n’abakunzi b’ubusizi bwe batekereza ko yaba yarabuhagaritse akigira mu yindi mirimo, kuko

Umusizi Murekatete agiye gushyira ahagaragara Alubum Read More »

Ayra Starr arasabira ubutabera umunyashuri wishwe 

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Ayra Starr, yamaganye ubwicanyi bwakorewe Idowu Christianah, umunyeshuri wigaga muri Kaminuza Nkuru y’Ubuhinzi muri Nigeria, Federal University of Agriculture Abeokut (FUNAAB). Bivugwa ko Christianah yaba yarishwe n’inshuti ye, Ayomide Adeleye, nubwo hataramenyekana impamvu yaba yarabimuteye. Ayra Starr abinyujije ku rubuga rwe rwa X yamaganye icyo gikorwa anasaba ubutabera bwihuse kuri Christanah

Ayra Starr arasabira ubutabera umunyashuri wishwe  Read More »