wex24news

IMYIDAGADURO

Joeboy yavuze imyato mugenzi we Burna Boy nyuma yo gukora amateka atarakorwa n’undi wese muri Africa yose.

Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu gihugu cya Nigeria Joeboy, wamamaye cyane kubera gukora injyana ya afrobea, yavuze imyato mugenzi we Burna Boy nyuma yo gukora amateka atarakorwa n’undi muhanzi hano ku mugabane wa afurika. Damini Ogulu wamamaye cyane nka Burna Boy aherutse kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga nyuma yo gukora amateka atarakorwa […]

Joeboy yavuze imyato mugenzi we Burna Boy nyuma yo gukora amateka atarakorwa n’undi wese muri Africa yose. Read More »

I Manchester hagiye kuba amavugurura ashobora no gusiga Eric Ten Hag yeretswe umuryango usohoka.

Umuherwe uheruka gushora imari muri Manchester United  witwa Sir Jim Ratcliffe bivugwa ko yaba yaratangiye kugirana ibiganiro mu buryo bw’ibanga na Zinedine Zidane  kuba yaza agatoza iyi kipe umwaka w’imikino utaha . Sir Jim Ratcliffe yamaze kugerageza guhindura byinshi muri iyi kipe ndetse aha akazi Omar Berrada nk’umuyobozi mukuru w’iy’ikipe mu gihe ari gukurikirana uwitwa Dan

I Manchester hagiye kuba amavugurura ashobora no gusiga Eric Ten Hag yeretswe umuryango usohoka. Read More »

Zari Hassan yavuze impamvu asigaye abanye neza na mukeba we Tanasha Dona.

Umwe mu bagore batunze agatubutse mu gihugu cya South Africa ariko akaba akomoka mu gihugu cya Uganda, Zari Hassan aherutse kuvuga ku mubano we na mucyeba we wahoze ari umukunzi wuwahoze ari umugabo we, maze abantu benshi baratangara. Umuhanzi Diamond Platinumz uri mu bakunzwe cyane mu gihugu cya Tanzania yakundanye n’uyu mugore Zari Hassan ndetse

Zari Hassan yavuze impamvu asigaye abanye neza na mukeba we Tanasha Dona. Read More »

Zuchu yaburiye abakobwa bose ko atazigera atana n’umukunzi we.

Umuhanzi Zuchu wo mu gihugu cya Tanzania yongeye kuvugisha benshi nyuma Yuko avuze ko atazigera ashwana na Diamond Platinumz aboneraho kwishongora ku bandi bakobwa. Ni nyuma Yuko uyu muhanzikazi aherutse kujya ku rukuta rwe rwa Instagram maze avuga ko atandukanye n’uyu muhanzi Diamond Platinumz ndetse avuga ko icyabiteye ariko mu rukundo rwabo habuzemo kubahana. Ibyo

Zuchu yaburiye abakobwa bose ko atazigera atana n’umukunzi we. Read More »

Umukunzi wa Harmonize yikomanze mu gatuza avuga ko nta wundi mukobwa ubereye uyu muhanzi.

Umwe mu bahanzi bakomeye cyne mu gihugu cya Tanzania Harmonize akomeje kuvugisha benshi nyuma Yuko umukobwa bamaze iminsi mu rukundo yakije imbugankoranyamaga yikomanga mu gatuza yivuga imyato ko abereye uyu muhanzi. Poshyqueen akaba umukunzi mushya wa Harmonize Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nka story yanditse amagambo akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku

Umukunzi wa Harmonize yikomanze mu gatuza avuga ko nta wundi mukobwa ubereye uyu muhanzi. Read More »

Bahati n’umugore we bagaragaje urwo bakundana bakoresheje uburoso bw’amenyo.

Umuhanzi uri mu bakomeje mu gihugu cya Kenya Bahati ndetsee n’umugore we Diana bagaragaje urwo bakundana bakoresha uburoso bw’amenyo bumwe ndetse ni ibintu bikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga. Ni mu mashusho akomeza kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga nyuma Yuko uyu muhanzi Bahati we n’umugore we bagaragaye mu mashusho bari gusangira

Bahati n’umugore we bagaragaje urwo bakundana bakoresheje uburoso bw’amenyo. Read More »

Bruce Melodie yahishuye byinshi bishobora kuba ari intandaro yo kutumvikana kwe na The Ben!

Umunyamakuru yatangiye agira ati Ni umwe mubantu bamye bakora neza, mbere y’uko bruce Melodie aza , ese niyihe ndirimbo Ya The Ben Yabaye nziza kuri Wowe , Atazuyaje Melodie yagize ati ni “I’am In Love” ya The Ben nyine.Umunyamakuru ati ese kubera iki ariyo ukunda cyane! Bruce melodie mubitwenye byinshi ati:“Nuko ndi murukundo” ashaka kuvuga

Bruce Melodie yahishuye byinshi bishobora kuba ari intandaro yo kutumvikana kwe na The Ben! Read More »

umunyarwenya patrick salvadol agiye gutaramira ikigali.

Iki gitaramo kizaba hizihizwa isabukuru y’imyaka ibiri y’ibi bitaramo by’urwenya bya Gen-Z Comedy bihuza abanyarwenya bakomeye ndetse n’abandi bakizamuka mu rwego rwo kugaragaza impano z’abo no ku batinyura imbere y’ibihumbi by’abantu biba bibahanze ijisho. Ibi bitaramo byamaze kuba ikimenyabose! Impano z’abarimo Muhinde, Kadudu, Isekere Nawe n’abandi zatangiye gutangarirwa n’abantu benshi mu gihe hadashize imyaka ibiri

umunyarwenya patrick salvadol agiye gutaramira ikigali. Read More »

Kizz Daniel yavuze ko amaze kuryamana n’abagore 64.

Kimwe mu bintu uzasanga abahanzi benshi bavugwaho no gusambana bizamo ariko bitavuze ko abahanzi Bose bishora mu busambanyi nk’uko abafana benshi hirya no hino bakunda kubibashinja rimwe n’arimwe bamwe bagafatwa nabikora cyangwa nabo ubwabo bakabyivugira. Umwe mu bahanzi batunze agatubutse mu gihugu cya Nigeria, ndetse uri mu bahanzi bakomeye cyane hano muri Africa witwa Daniel

Kizz Daniel yavuze ko amaze kuryamana n’abagore 64. Read More »

Biravugwa ko Shakib uherutse kurongora Zari Boss Lady, yamaze kwahukana.

Biravugwa ko Shakib uherutse kurongora Zari Boss Lady, yamaze kwahukana. Bikomeje kuyobera abantu cyane abakurikira umuryango wa Shakib ndetse n’umuherwekazi Zari Hassan kuko ibimenyetso bikomeje kuba byinshi bigaragaza ko Shakib na Zari batameranye neza. Si ibyo gusa kandi kuko hari amakuru ari guhwihwiswa hano hanze ko bishoboka ko uyu Shakib yaba yavuye muri Afurika y’Epfo

Biravugwa ko Shakib uherutse kurongora Zari Boss Lady, yamaze kwahukana. Read More »