wex24news

IMYIDAGADURO

Alliah Cool yavuze kuri ba bagabo ashinjwa kwirukamo buri uko yasohotse igihugu.

Umukinnyi wa filime akaba n’umushoramari Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool yemeje ko afite umugabo akunda cyane ndetse atatekereza kugira undi bagirana umubano wihariye. Alliah Cool yavuze ibi asubiza bamwe mu baherutse kuvuga ko yaba afite umubano wihariye agirana n’abandi bagabo barimo umuhanzi Ommy Dimpoz wamwakiriye mu ruzinduko aherutse kugirira muri Tanzania, muri gahunda zo […]

Alliah Cool yavuze kuri ba bagabo ashinjwa kwirukamo buri uko yasohotse igihugu. Read More »

Diamond Platnumz arasaba amasengesho abafana nyuma yo kubengwa na Zuchu.

Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ubwo yatangazaga ko acyeneye amasengesho nyuma yo guterwa indobo na Zuchu ku mugaragaro. Hamaze iminsi hacicikana amashusho yuyu muhanzi Diamond Platinumz arikumwe na Zari Hassan wahoze ari umugore we ndetse babyaranye, ni amashusho ataravuzweho na benshi bibaza Niba yaba yarasubiranye n’uwahoze ari umugore

Diamond Platnumz arasaba amasengesho abafana nyuma yo kubengwa na Zuchu. Read More »

Dj Brianne yishwe n’agahinda araturika ararira cyane bitewe n’abana akomeje guhura nabo bo ku muhanda bashonje.

Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru witwa Irene Murindahabi kuri YouTube channel yitwa MIE Empire nibwo uyu mukobwa usanzwe avanga imiziki yaturitse ararira bitwe n’agahinda Kenshi yatewe n’abana bo ku muhanda. Ubusanzwe uyu mukobwa afite ikigo gishinzwe gufasha abana bo ku muhanda aho afata abana baba ku muhanda akabashira hamwe akabasubiza mu ishuri, akabambika ndetse akabaha

Dj Brianne yishwe n’agahinda araturika ararira cyane bitewe n’abana akomeje guhura nabo bo ku muhanda bashonje. Read More »

Fofo yavuze ko ariwe wari kubana na The Ben, yemeza ko avuye kwibagisha amabere

Ni mu kiganiro yakoreye kuri YouTube channel yitwa “The Dynamic Show” nibwo uyu mukobwa yavuze ko iyo The Ben adashakana na Uwicyeza Pamella ariwe ubundi wari kubana nawe dore ko ngo amukunda cyane.Ni nyuma Yuko uyu mukobwa yari amaze igihe kinini ataba mu Rwanda dore bivugwa ko aba Dubai ndetse yari amazeyo igihe kinini. Yagarutse

Fofo yavuze ko ariwe wari kubana na The Ben, yemeza ko avuye kwibagisha amabere Read More »

Ariel Wayz yaciye amarengo y’indirimbo ye na Butera Knowless.

Umwe mu bahanzikazi bazwi mu gihugu ndetse no muri Afurika yose muri rusange Arielle Uwayezu [Ariel Wayz] yaciye amarenga ko ashobora gukorana indirimbo na Knowless Butera mu gihe cya vuba. Uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nka story yaciye amarenga ko ashobora kuba agiye gukorana indirimbo na Butera Knowless nawe wamamaye cyane.Butera

Ariel Wayz yaciye amarengo y’indirimbo ye na Butera Knowless. Read More »

Gentil Gideon yasabye imbabazi Green P.

Umunyamakuru wa Ishusho TV Gentil Gentil yasabye imbabazi abakunzi be , Abanyarwanda , Umuraperi Green P yavuzeho, Abanyamakuru , abahanzi  n’abandi bose bumvise amagambo yavuze kuri uyu muhanzi ubwo yari mu kiganiro kuri iyi Televiziyo akorera. Uyu munyamakuru yari mu kiganiro ari kumwe na Kasper n’undi mukobwa bakorana bafite umutumirwa ‘Yvan Mpano’ muri Studio.Ubwo hari

Gentil Gideon yasabye imbabazi Green P. Read More »

Bruce Melodie yatangaje ko agiye gusohora Umuzingo.

[Bruce Melodie] yatangaje ko Album amaze igihe kitari gito asezeranyije Abanyarwanda igiye kujya hanze mu Kwezi kwa Gicurasi uyu mwaka wa 2024.Aya makuru yo gushyira hanze umuzingo Bruce Melodie yabitangarije muri Kenya aho yagiye mu bikorwa bya Muzika. Ni ikiganiro yagiriye kuri Trace Awards muri Kenya maze ubwo yari abajijwe igihe azashyirira hanze Umuzingo amaze

Bruce Melodie yatangaje ko agiye gusohora Umuzingo. Read More »

Ndambiwe ibihuha, namuteye inda kandi nta ndezo ntanga rwose ! frique

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ni inkuru yuyu musore Afrique Joe wamamaye cyane muri muzika nyarwanda irimo aho aherutse kuvuga byinshi ku makuru yamuvuzweho ko ashobora kuba yarateye inda. Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru witwa Irene Murindahabi kuri YouTube channel yitwa MIE Empire nibwo uyu musore Afrique ukunzwe

Ndambiwe ibihuha, namuteye inda kandi nta ndezo ntanga rwose ! frique Read More »

Umuhanzi Hormonize yasubije abakomeje kuvuga ko ikimero cya Poshy Queen kizamukora muri Isilamu.

Hormonize wamamaye cyane muri Afurika yose cyane mu gihugu cya Tanzania akomeje kwikomwa cyane hirya no hino ku mbugankoranyambaga abavuga ko uyu mukunzi we mushya Poshy Queen akomeje kumugira umusazi akaba ngo azana mukura muri Islamu kabone nubwo Poshy nawe yavuze ko azajya mu Musigiti. Ubusanzwe uyu musore ni Umusore uhagaze neza mu muziki ndetse

Umuhanzi Hormonize yasubije abakomeje kuvuga ko ikimero cya Poshy Queen kizamukora muri Isilamu. Read More »

Urukundo rwa Nyambo na Titi Brown rwatangiriye muri gereza! byinshi ku rukundo rwa Titi na Nyambo (TN)

Urukundo rwa Nyambo na Titi Brown rwatangiriye muri gereza! byinshi ku rukundo rwa Titi na Nyambo (TN) Nkuko bisanzwe ku mbuga nkoranyambaga, mu binyamakuru, ku ma televiziyo ndetse n’amaradiyo bitandukanye ntihajya habura inkuru y’urukundo ivuga cyane bitewe na couple igezweho muri iyo minsi. kuri ubu inkuru y’urukundo iri imbere ni iya Titi Brown umubyinnyi wabigize

Urukundo rwa Nyambo na Titi Brown rwatangiriye muri gereza! byinshi ku rukundo rwa Titi na Nyambo (TN) Read More »