wex24news

IMYIDAGADURO

zari Hassan iyo ataza kuva muri muzika aba arenze Diamond Platnumz ! Byinshi utamenye ku buhanzi bwe n’umubare w’indirimbo ze – VIDEO

Zari Hassan ni umugore wamamaye cyane mu myidagaduro yo mu Burasirazuba bwa Afurika.Zari Hassan yamamaye cyane mu Mideri no mu bushabitsi butandukanye haba afasha benshi kwamamara no gukora ibindi.Uyu mugore yabaye umuhanzi udasanzwe akora indirimbo zifite amashusho meza n’amajwi meza , Afurika n’Isi biramumenya.Ese ni iyihe ndirimbo za Zari Hassan yamamaye cyane ? Izina ‘Zari […]

zari Hassan iyo ataza kuva muri muzika aba arenze Diamond Platnumz ! Byinshi utamenye ku buhanzi bwe n’umubare w’indirimbo ze – VIDEO Read More »

MU MAFOTO: Irebere ikimero n’uburanga bya Divine Uwayezu ukurura abagabo.

Twifuje kubera uburanga bwa Divine Uwayezu umaze kugaragaza ko kubyina ari umwuga watunga uwukora by’umwihariko mu gihe yaba awukorana ubushake n’imbaraga nyinshi. Divine Uwayezu afite igihembo cy’umubyinnyi mwiza wa 2022.Yagaragaye mu ndirimbo zitandukanye by’umwihariko mu bihembo bitandukanye

MU MAFOTO: Irebere ikimero n’uburanga bya Divine Uwayezu ukurura abagabo. Read More »

Niyo Bosco yavuze ikintu gishobora gutuma ahagarika umuziki.

Umuhanzi Niyo Bosco yashyize hanze Extended Play y’indirimbo 4,detse yatangaje ko afite nabandi ajya afasha mumuziki,yaboneyeho no gutangaza igihe azahangarikira umuziki we. Ibi yabitangaje mukiganiro nitangazamakuru Ku munsi wo ku wa Kane tariki 14 Gashyantare aho bagarutse kugingo zitandukanye zirimo igihe azahagarikira umuziki,detse agaragaza ko hari abandi ajya afasha, nibindi . Niyo Bosco yasobanuye imigabo

Niyo Bosco yavuze ikintu gishobora gutuma ahagarika umuziki. Read More »

Miss Keza Maolithia yerekanye amafoto y’umusore yihebeye.

Tariki ya 14 Gashyantare ku munsi w’abakundana uzwi nka St Valentine, ni umunsi wasize couple zitandukanye zishimye, abandi babonye abakunzi, ndetse bamwe berekanye abakunzi babo. Kuri uyu munsi Keza Maolithia wabaye igisonga cyambere cya Miss Rwanda 2022 nawe yerekanye umusore wamutwaye uruhu n’uruhande. Keza Maolithia abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije amafoto yishimanye n’umusore

Miss Keza Maolithia yerekanye amafoto y’umusore yihebeye. Read More »

AMAFOTO: The Ben n’umugore we bageze muri Uganda

The Ben na Miss Uwicyeza Pamella bageze muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Gashyantare 2024, nibwo hazindutse hashyirwa hanze amashusho n’amafoto agaragaza The Ben n’umugore we berekeza muri Uganda mu Mujyi wa Kampala aho biteganyijwe ko The Ben agiye gukorera igitarama azahuriramo n’abarimo Sheebah Karungi. The Ben, ageze mu Mujyi

AMAFOTO: The Ben n’umugore we bageze muri Uganda Read More »

Impano zidasanzwe waha umukunzi wawe ku munsi w’abakundana ikamunyura.

1.Chocolat. Kubasore cyane cyane , niba ntabushobozi bwinshi ufite burya guha umukunzi wawe Chocolat ni ingenzi cyane kuko ituma yishimira kandi akazahora yibuka ko wamuzirikanye. 2.Divayi.Ikintu gishobora gushimisha umukunzi wawe kuri uyu munsi ni Divayi , buriya iyi divayi ubwayo ishushanya urukundo kuko iba itukura. 3w.Imyenda.Birashoboka ko wateguye kumusohokana.Muri uko kumusohokana rero , ushobora kumugurira

Impano zidasanzwe waha umukunzi wawe ku munsi w’abakundana ikamunyura. Read More »

Shaddyboo agiye guha impano abakundana

Umunyamideri akaba n’umushabitsi kumbuga Nkoranyambaga Shadia Mbabazi wamamaye nka Shaddyboo yateguriye abakundana igitaramo kizaririmbamo umuhanzi Danny Nanone. Shaddyboo anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze, yatangaje ko agiye guha ibyishimo abakundana mu cyo yise Valantin’s Day PARTY nk’uko bigaragara ku rupapuro rw’ubutumire.Ni igitaramo kizaba kirimo ; Danny Nanone na  Dj Philpeter nkuzaba ari kenzura uko umuziki uri gutangwa. Shaddyboo ntabwo

Shaddyboo agiye guha impano abakundana Read More »

Lolilo yakoze mu nganzo yigana abana bato – VIDEO

Umuhanzi Lolilo wamamaye mu myaka yatambutse , yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Forever’ irimo imbyino zigezweho. Iyi ndirimbo Lolilo yashyize hanze akayita ‘Forever’ yayikoze mu njyana ya ‘Amapiano’ ikaba ari indirimbo irimo imbyino zigezweho zirigukoreshwa n’abahanzi batandukanye by’umwihariko abakiri bato. Forever ya Lolilo Simba, yasohotse kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare 2024 akaba

Lolilo yakoze mu nganzo yigana abana bato – VIDEO Read More »