wex24news

IMYIDAGADURO

I Kigali umugabo ari mu marira nyuma yo gushaka umugore waminuje umurusha amafaranga none yasanze abana yarababyariwe na pare.

Shaddyboo abinyujije ku rukuta rwe rwa X yasangije ubutumwa bw’umugabo wamusabye ko abamukurikira bamugira inama kuko akomerewe mu rugo rwe. Muri ubu butumwa umugabo yatanze,  yavuze ko umugore ariwe umutunze ndetse ko ariwe wazanye amafaranga yo gukora ubukwe , gusa ngo yababajwe no guhabwa amakuru yuko abana babiri bafitanye atari abe . Uyu mugabo yasanze […]

I Kigali umugabo ari mu marira nyuma yo gushaka umugore waminuje umurusha amafaranga none yasanze abana yarababyariwe na pare. Read More »

Couple ya Kimenyi Yves na Muyango yahigitse iya Miss Nishimwe Naomie n’umukunzi we none batsindiye umunyenga wo muri Kajugujugu bazaryoherezamo ku munsi w’abakundana ‘St Valentin’

Miss Uwase Muyango Claudine na Kimenyi Yves, batsindiye umunyenga wa Kajugujugu kuri St Valentin nyuma yo gutsinda abo bari bahanganiye barimo Couple ya Miss Nishimwe Naomie n’umukunzi we, mu irushanwa ryari ryateguwe n’imwe muri sosiyete yo mu Rwanda ikora ingendo z’indege nto(Kajugujugu). Ubuyobozi bw’iyi sosiyete bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga, buherutse kuvuga ko mu rwego rwo

Couple ya Kimenyi Yves na Muyango yahigitse iya Miss Nishimwe Naomie n’umukunzi we none batsindiye umunyenga wo muri Kajugujugu bazaryoherezamo ku munsi w’abakundana ‘St Valentin’ Read More »

Bruce Melody abaye umuhanzi wambere mu Rwanda ukurikirwa nabenshi.

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie, ari mu byishimo byinshi nyuma yuko abaye umuhanzi wambere ukurikirwa n’abantu benshi mu Rwanda. Itahiwacu abaye umuhanzi wa 1 wujuje million y’abamumurikira kuri instagram, ndetse kuri ubu ari mu bantu batanu bambere bujuje million y’abamukurikira cyane mu Rwanda.

Bruce Melody abaye umuhanzi wambere mu Rwanda ukurikirwa nabenshi. Read More »

Wishyura ibihumbi 10 ku isaha kugira ngo tugirane ibihe byiza, Shakila yashize hanze ibiciro bishya ahabwa urwamenyo.

Wishyura ibihumbi 10 ku isaha kugira ngo tugirane ibihe byiza, Shakila yashize hanze ibiciro bishya ahabwa urwamenyo Umukobwa wikizungerezi wo mu gihugu cya Kenya witwa Shakila Tiffany yongeye gutigisa imbugankoranyamaga nyuma yo gushyira hanze ibiciro bishya ku muntu wese wifuza kugirana nawe ibihe byiza. Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru witwa Mungai Eve nibwo uyu mukobwa

Wishyura ibihumbi 10 ku isaha kugira ngo tugirane ibihe byiza, Shakila yashize hanze ibiciro bishya ahabwa urwamenyo. Read More »

“Nigeria nitsinda iri joro, uyu mwaka nzakora ubukwe n’umugabo wo muri Nigeria” ! Dj Sonia yasubitse ubukwe

Umukobwa umaze guca impaka mu kuvanga umuziki mu Rwanda no mu Karere ka Afurika y’Iburazirazuba Dj Sonia yasubije amerwe mu isaho nyuma yo kuvuga ko Nigeria n’itsinda igatwara igikombe cya Afurika cy’Ibihugu uyu mwaka arategura ubukwe n’umugabo wo muri icyo gihugu. Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yagize ati:” Nigeria niramuka itsinze iri joro.Uyu mwaka nzarongorwa n’umugabo

“Nigeria nitsinda iri joro, uyu mwaka nzakora ubukwe n’umugabo wo muri Nigeria” ! Dj Sonia yasubitse ubukwe Read More »

“The Ben yarazimye” Bruce yatangaje amagambo akomeye atashimishije abakunzi ba The Ben nyuma yo kubwirwa kuzima kwa The Ben.

Mu kiganiro k’imbona nk’ubone(live) kuri instagram Bruce yagiranye na Ddumba, Kasuku ndetse n’abakunzi ba Show biz,  aba bagabo uko ari batatu bavuze ko The Ben nubwo afite indirimbo Ni forever iri hit , ariko ko yazimye. Bruce Melody we yasaga nkaho ntacyo bimubwiye, mu rwenya rwinshi ati “nahoshi n’ubundi ntatuzi yanzaniraga”. Gusa Bruce Melody yanze

“The Ben yarazimye” Bruce yatangaje amagambo akomeye atashimishije abakunzi ba The Ben nyuma yo kubwirwa kuzima kwa The Ben. Read More »

Pendo yababajwe n’inama umukobwa yagiriye abantu bitegura kwizihiza umunsi w’abakundanye (st valantine)

Anita Pendo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije amashusho y’umukobwa wagiraga inama abakobwa bose bitegura kwizihiza st valantine, gusa ashyiraho n’amagambo agaragaza ko atabyishimiye. Muri aya mashusho uyu mukobwa yagiraga ati ” nagirango mbibutse, st valantine ni iy’abakobwa bafite ibere nk’iri ryange, naho abandi mutegereze umunsi w’abamama”. Anita Pendo akimara kumva ubutumwa bw’uyu mukobwa

Pendo yababajwe n’inama umukobwa yagiriye abantu bitegura kwizihiza umunsi w’abakundanye (st valantine) Read More »

Mu bukwe bwa Killaman, Mitsutsu na Nsabi bageze ku biryo bereka Killaman ko ibyo bakina mu rwenya no mu buzima busanze babishoboye – VIDEWO

Amashusho ya Mitsutsu ndetse na Dr Nsabi ubwo byari mu gihe cyo kurya mu bukwe bwa Killamana, akomeje kuvugisha benshi bitewe n’imyarurire ya Mitsutsu. Benshi bati ” ibyo akina mu rwenya no mu buzima busanzwe arabikora”. Reba videwo.

Mu bukwe bwa Killaman, Mitsutsu na Nsabi bageze ku biryo bereka Killaman ko ibyo bakina mu rwenya no mu buzima busanze babishoboye – VIDEWO Read More »

The Ben yahuriye na Bruce Melody mu rwambariro muri Amerika The Ben aramwemeza.

The Ben ndetse na Bruce Melody ni bamwe mu bahanzi batumiwe muri Rwanda Day iheruka kubera i Washington muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Mu kiganiro k’imbona nkubone kuri instagram Bruce Melodie yagiranye na Ddumba ndetse na Gasuku, Bruce Melodie yatangaje ko ubwo bari mu rwambariro yahuriyemo na The Ben akamukorera agashya. Bruce Melody yavuze

The Ben yahuriye na Bruce Melody mu rwambariro muri Amerika The Ben aramwemeza. Read More »

G Taff Wigeze kwamamara agira Inama Amavubi yo kugura Abakinnyi muri Arsenal na chelease Yinjiye muri Film Nyarwanda!

Ni abantu mbarwa baba batarabonye video Yazengurutse imbuga nkoranyambaga igira iti:” Njye mbona ikibazo cyo kuba amavubi adatsinda bishingiye ku mutoza, nagure abaikinnyi muri Arsenal na Chelease arebe ko adatsinda”. Iyi video yaramamaye cyane kugeza aho yaciye ku mbuga zinyuranye z’ibyamamare kuko buri wese yabonaga ubwo busesenguzi bushekeje kuburyo byaba bigoye kumva ko umukinnyi wo

G Taff Wigeze kwamamara agira Inama Amavubi yo kugura Abakinnyi muri Arsenal na chelease Yinjiye muri Film Nyarwanda! Read More »