wex24news

IMYIDAGADURO

kanye west yanditse amateka mu bushinwa

Umuraperi Kanye West yanditse amateka mashya yo kuba umuhanzi wambere ubashije kugurisha amatike y’igitaramo cye mu Bushinwa, amatike 30,000 yose yahise ashira kw’isoko mu minota 3. Iki gitaramo cye kizaba ku taliki 12 Nzeri 2024 aho kizabera ahitwa Haikou, amatike yashyizwe ku isoko maze haba agashya kuko yahise agurwa vuba cyane mu gihe cy’iminota 3 […]

kanye west yanditse amateka mu bushinwa Read More »

Lady Gaga yatagaje ko nyina ari we wamuhuje n’umukunzi we

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Lady Gaga, yatangaje ko nyina ari we wamuhuje n’umukunzi we Michael Polansky. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Vogue, aho yavugiye ko nyina yamumenyesheje ko yamushakiye umugabo nyuma yo guhura na Michael Polansky w’imyaka 46. Gaga avuga ko yatunguwe no kuba umugabo umukwiye yaramuhawe na

Lady Gaga yatagaje ko nyina ari we wamuhuje n’umukunzi we Read More »

Umuramyi Jado Sinza n’umukunzi we basezeranye mu mategeko

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Sinzabyibagirwa Jean de Dieu wamamaye nka Jado Sinza, yasezeranye mu mategeko na Esther Umulisa na we usanzwe ari umuririmbyi ukomeye. Aba bombi basezeranye kubana akaramata imbere y’amategeko kuri uyu wa Kane tariki 05 Nzeri 2024. Jado Sinza na Esther Umulisa basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore mu muhango wabereye mu Murenge wa Kimironko

Umuramyi Jado Sinza n’umukunzi we basezeranye mu mategeko Read More »

Selena Gomez yagarutse ku cyatumye ahagarika umuziki

Umuhanzikazi Selena Gomez uri mu bakunzwe ku Isi, yatangaje ko amaze igihe yarafashe ikiruhuko mu muziki, ahishura impamvu yatumye afata iki cyemezo. Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime, Selena Gomez yavuze ko yafashe uyu mwanzuro kuko yashakaga kubanza guha umwanya filime nshya azagaragaramo yitwa ‘Emilia Pérez’, izaba iri mu rurimi rw’igifaransa n’icyesipanyoro. Yavuze ko ari filime

Selena Gomez yagarutse ku cyatumye ahagarika umuziki Read More »

Isango na Muzika Awards igiye kuba ku nshuro ya gatanu

Ikigo cy’itangazamakuru Isango Star kigiye gutanga ku nshuro ya gatanu ibihembo bya IMAwards (Isango na Muzika Awards) bigenerwa abahize Abandi mu myidagaduro. Ibi bihembo bigamije gushimira abahanzi ndetse n’abari mu ruganda rw’imyidagaduro bizatangwa tariki 22 Ukuboza 2024 muri Kigali Convention Centre. Kuva mu 2023 ibi bihembo bibanzirizwa n’ibitaramo bibera hirya no hino mu gihugu bizwi

Isango na Muzika Awards igiye kuba ku nshuro ya gatanu Read More »

nicki minaj yikomye abavuga ko yashatse umugabo w’umukene

Umuraperikazi Nicki Minaj yikomye abakoresha imbuga nkoranyambaga bamunenga ko yashatse umugabo ukennye. Umugabo we Kenneth Petty nta kazi agira akora kwamwinjiriza amafaranga dore ko bitewe n’uko yafunzwe igihe kinini atemerewe kugira akazi n’uko amategeko yo muri Amerika abigena. Nicki Minaj aherutse kugurira inzu y’umuturirwa umuryango w’umugabo we, byatumye benshi bavuga ko akomeje kuribwa imitsi n’umugabo

nicki minaj yikomye abavuga ko yashatse umugabo w’umukene Read More »

’Milele’ yashyizwe mu ndirimbo zitoranywamo izihatanira ibihembo bya Grammy 2024

Indirimbo “Milele” ya Element Eleéeh yemejwe mu ndirimbo zuzuje ibisabwa zizatoranywamo izihatanira Grammy Awards igiye gutangwa ku nshuro ya 65. Iyi ndirimbo yashyizwe mu cyiciro cya Best African Music Performance yasohotse muri tariki 3 Kamena 2024. Uyu muhanzi yashimiye ikipe ye ngari yamufashije muri uru rugendo rwo gutanga igihangano cye mu bizahatanira ibihembo bya Grammy

’Milele’ yashyizwe mu ndirimbo zitoranywamo izihatanira ibihembo bya Grammy 2024 Read More »

Ncuti Gatwa yagaragaye asomana n’umugabo mugenzi we

Mizero Ncuti Gatwa, Umunyarwanda umaze kubaka izina muri sinema mpuzamahanga yaciye igikuba nyuma y’amashusho ye n’ifoto asomana n’umugabo mugenzi we. Gatwa amaze iminsi agaragara muri filme ‘Doctor Who’ ya BBC. Muri episode iheruka yiswe “Rogue”, agaragara asoma mugenzi we bakinana witwa Jonathan Groff. Uku gusomana kwatumye BBC ishinjwa gusakaza ibikorwa byerekeye imibonano mpuzabitsina. BBC iheruka

Ncuti Gatwa yagaragaye asomana n’umugabo mugenzi we Read More »

Kanyombya yinjiye muri filime ‘Shuwa diru’

Kayitankore Njoli wamamaye nka Kanyombya yamaze kongerwa mu itsinda rikina filime ‘Shuwa Diru’ isanzwe igaragaramo ibindi byamamare muri sinema Nyarwanda nka Papa Sava, Bamenya na Dr. Nsabii. Nelly Wilson Misago uhagarariye Zacu Entertainment itegura ikanatunganya izi filime yavuze ko ari iby’agaciro kuba uyu munsi Kanyombya agiye kugaragara muri iyi filime. Ati “Ni filime y’urwenya, Kanyombya

Kanyombya yinjiye muri filime ‘Shuwa diru’ Read More »