kanye west yanditse amateka mu bushinwa
Umuraperi Kanye West yanditse amateka mashya yo kuba umuhanzi wambere ubashije kugurisha amatike y’igitaramo cye mu Bushinwa, amatike 30,000 yose yahise ashira kw’isoko mu minota 3. Iki gitaramo cye kizaba ku taliki 12 Nzeri 2024 aho kizabera ahitwa Haikou, amatike yashyizwe ku isoko maze haba agashya kuko yahise agurwa vuba cyane mu gihe cy’iminota 3 […]
kanye west yanditse amateka mu bushinwa Read More »