wex24news

IMYIDAGADURO

#UMUSHYIKIRANO19: Miss Mutesi Jolly yakebuye urubyiruko.

Miss Rwanda 2016 yakebuye urubyiruko arusaba gukomeza kuba imbaraga z’Igihugu zubaka aho gusenya. Ubusanzwe Umushyikirano ni urubuga ruhuza Abanyarwanda baba mu gihugu n’abo hanze aho baganirira ku iterambere ry’Igihugu muri rusange n’intego cyihaye mu gihe runaka, abayobozi bakabazwa inshingano z’ibyo bakora Muri uyu muhango Miss Mutesi Jolly yaganirijwe na BTN agaragaza neza ko inshingano z’urubyiruko […]

#UMUSHYIKIRANO19: Miss Mutesi Jolly yakebuye urubyiruko. Read More »

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima.

Umubano w’umugabo wa Zari, Shakib Cham Lutaaya n’abana umugore we yabyaranye na Diamond Platnumz, ukomeje gukora benshi ku mutima. Ni Amafoto akomeje gucicikana ku mbuga nkorambaga zitandukanye uyu mwana w’umukobwa aza yiruka aje kureba umugabo wa mama wabo.

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima. Read More »

Umunyamakuru Gloria Mukamabano akomeje gusabwa gukora amashusho y’indirimbo yakoranye na Bulldogg.

Umunyamakuru Gloria Mukamabano ni umwe mu bahoze bafite impano yo kuririmba gusa benshi ntibigeze bamenya ko yahoze aririmba kuko atabikoze igihe kinini, ahubwo abenshi bamumenye nk’umunyamakuru. Kubatari babizi, uyu Grolia yahoze ari umuhanzi nubwo ntandirimbo nyinshi afite gusa afite indirimbo nyeya zirimo iyo yakoranye na Bulldogg ndetse niyo yakoranye na Pfla. Indirimbo yakoranye na Bulldogg

Umunyamakuru Gloria Mukamabano akomeje gusabwa gukora amashusho y’indirimbo yakoranye na Bulldogg. Read More »

Bruce Melodie yaciye amarenga yo kongera gukorana na Shaggy.

Umuhanzi Bruce Melodie yaciye amarenga y’indirimbo nshya hagati ye na Shaggy. Itahiwacu Bruce [ Bruce Melodie ] yagaragaje ko ashobora kuba agiye kongera gukorana indirimbo na Shaggy bamaze igihe bazengurukana muri Amerika. Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Bruce Melodie yagize ati:” Ese mwiteguye ukundi gutungurwa?”. Uyu muhanzi akivuga ibi, benshi batangaje ko biteguye umushinga ashobora gukorana

Bruce Melodie yaciye amarenga yo kongera gukorana na Shaggy. Read More »

Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umuraperi Kanye West n’umugore we Bianca Censori bari mu isoko ariko umugore asa nk’uwambaye ubusa. Nkuko bigaragara muri aya mashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, Kanye West yari yambaye neza yikwije ariko umugore yambaye akajipo kagufi cyane ndetse n’agasutiye gahisha imoko gusa. Abantu benshi bakomeje gusaba uyu mugabo ngo

Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa Read More »

Titi Brown yeruye ko agifite ihungabana, avuga umwanzuro yafashe (VIDEO).

yuma y’amezi abiri afunguwe, umubyinnyi Ishimwe Thierry [Titi Brown], yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu bityo ko ari yo mpamvu yahisemo kugabanya abantu bamusura. Uyu mubyinnyi wari wafuzwe azira gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure akanamutera inda, akaba yari amaze imyaka 2 afunzwe. Ubwo ikinyamakuru ISIMBI cyamusuraga iwe i Gikondo, yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu,

Titi Brown yeruye ko agifite ihungabana, avuga umwanzuro yafashe (VIDEO). Read More »

Harmonize yakoreye ibirori umukozi we.

Arikumwe n’umukunzi we Poshy Queen Harmonize yatunguye Zuena usanzwe amukorera mu rugo. Icyamamare mu njyana ya Bongo , Harmonize, yikoze kumufuka akorera  Zuena usanzwe ari umukozi we, ibirori bizwi nka ‘Baby Shower’ byo kwakira umwana.Ibi birori byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024. Abinyujije kumbuga Nkoranyambaga ze , Harmonize, yemeje ko ibi

Harmonize yakoreye ibirori umukozi we. Read More »

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz.

WCB boss Diamond Platnumz n’umuhanzi we Zuchu bitwaje imodoka barasubizanya. Diamond yagaragaye atwaye imodoka ya Zuchu yo mu bwoko bwa  Range Rover, maze afata amashusho ayashyira kumbuga Nkoranyambaga ze arenzaho amagambo agira ati:”Umwana wanjye atwaye umwana wanjye.Uri kwiyumva gute gutwara Range ?”. [My Baby driving My Baby , how do you feel driving a Range ?

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz. Read More »

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza.

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza. Ni mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na Radio The Beat FM yo mu Bwongereza, yabajijwe niba hari umukunzi afite muri iyi minsi. Uyu musore yasubije ko amaze igihe kinini nta mukunzi afite, ndetse avuga ko yifuza kuguma gutyo kuko yumva bimuryoheye cyane. Omah Lay kandi yakomeje

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza. Read More »