wex24news

IMYIDAGADURO

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu

Ni ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, ubona abakobwa 5 barakaye cyane ndetse bafite ibindera ry’igihugu cya Cameroon bisa nkaho babona ikipe yabo ikomeje kubatenguha. Ikipe y’igihugu ya Cameroon n’imwe mu Makipe arimo gukina igikombe cya Afurika uyu mwaka ariko ubona ko yaje ititeguye neza Kandi benshi barayihaga amahirwe yo gutwara iki gikombe. Kimwe mu […]

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu Read More »

Imitoma yabaye imitoma hagati ya Bushali n’umugore we

Hagenimana Jean Paul wamamaye mu muzika nyarwanda mu mazina ya Bushali yavuze ibintu bikomeye mu mibanire y’abafite ingo anasangiza ibihe byiza yagiranye n’umugore we Potensiano bafitanye umwana w’umuhungu,banakomeje guterana imitoma ku mbuga nkoranyambaga Yongeye gutigisa imbuga  nkoranyambaga asangiza abamukurikira ibihe byiza yagiranye n’umugore we Pontensiano, ni nyuma y’iminsi micye ahuye na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi

Imitoma yabaye imitoma hagati ya Bushali n’umugore we Read More »

Bahavu Jeanette usanzwe ukina filime yinjiye mu ivugabutumwa

Bahavu yabitangiye ku nshuro ye ya mbere kuwa 18 Mutarama 2024 ubwo yabwirizaga mu itorero ryitwa “Shiloh Prayer Mountain Church”. Icyo gihe yabwirije mu giterane cy’amasengesho yo kuwa kane cyari gifite itsanganyamatsiko igira iti “kubaho ubuzima bw’ibyo twizera” cyari kiyobowe na Bishop Olive Murekatete Nyuma iki giterane, Bahavu yavuze ko yari inshuro ya ye mbere

Bahavu Jeanette usanzwe ukina filime yinjiye mu ivugabutumwa Read More »

Bruce Melodie agiye kongera gukora amateka muri Rwanda Day

Munyakazi niwe muhanzi wa mbere wamaze kwemezwa ko azataramira Abanyarwanda muri Rwanda Day izabera muri Amerika. Uyu muhanzi ukubutse muri Amerika agiye gusubirayo aho azataramira Abanyarwanda n’inshuti zabo guhera tariki 2 kugeza kuri 3 Gashyantare 2024.Munyakazi abinyujije mu mashusho yasangije abafana be yavuze ko yishimiye kuzataramira Abanyarwanda n’Inshuti z’u Rwanda. Yasabye abakunzi be kwiyandikisha ku

Bruce Melodie agiye kongera gukora amateka muri Rwanda Day Read More »

Umubiri urya ibiryo ntabwo unywa inzoga ! Amolon yahishuye ikintu gikomeye cyamubayeho.

Umuhanzi Nyarwanda wamamaye nka Amalon yagaragaje ko yavuye ku nzoga yemeza ko ari inama agenda n’abagenzi be.Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiriye kuri  Kiss FM aho yavuze ko nawe ashaka gufungura Radiyo ye. Uyu musore ugiye kuzuza imyaka 30 y’amavuko yavuze ko hari byinshi byageze ku buzima bwe muri uyu mwaka wa 2023 by’umwihariko ibinyoma byamuvuzweho

Umubiri urya ibiryo ntabwo unywa inzoga ! Amolon yahishuye ikintu gikomeye cyamubayeho. Read More »

Diamond Platnumz yavuze ko kuba wenyine bisa n’urugamba. Diamond wamamaye muri Bongo , yongeye kugira icyo avuga nyuma y’amasaha make , atangaje ko ari Single ahakana urukundo rwa Zuchu. Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze uyu muhanzi yavuze ko kuba Single ari urugamba rukomeye kuri we kuburyo ashaka yakwigumira kuwavuze ko amukunda [Zuchu]. Uyu muhanzi kandi yabujije

Read More »

Abenshi baziko yasezeranye mu Murenge gusa kandi siko biri (Sobanukirwa)

Biravugwa ko Kenny Sol n’umukunzi we Kunda Yvette basezeranye imbere y’Imana mu ibanga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ubwo abantu bari bahugiye mu nkuru z’amafoto y’uyu muhanzi asezerana n’umugore we mu Murenge, umuhango wabaye ku wa 5 Mutarama 2024, bwakeye asezerana imbere y’Imana. Kenny Sol yasezeraniye mu rusengero rwitiriwe Mutagatifu Kizito ruherereye mu Nyakabanda ku

Abenshi baziko yasezeranye mu Murenge gusa kandi siko biri (Sobanukirwa) Read More »

Meddy nyuma yo gusohora indirimbo nshya yahaye ubutumwa bwihariye abamukurikira

Nyuma yo gusohora indirimbo yise ‘Niyo Ndirimbo’ afatanyije na Adrien Misigaro iyi ndirimbo ikomeje kugenda yigarurira imitima ya benshi, Meddy abinyujije ku rukuta rye rwa Instagram rukurikirwa n’abasaga ibihumbi 979,yagaragaye mu mashusho mato aririmba indirimbo ye nshya abantu babinyujije mu nyunganizi bamurata amashimwe ku bw’amahitamo yatoye abandi basaba Mimi Mehfira umugore we gukomeza kumushyigikira. Mu

Meddy nyuma yo gusohora indirimbo nshya yahaye ubutumwa bwihariye abamukurikira Read More »

Zari Hassan yahaye isomo ry’ubuzima abiyita ‘Slay Queen’ ahishura ikintu gikomeye.

Zari Hassan ntabwo yariye iminwa ubwo yagarukaga ku kaga yahuye nako ubwo yari umukozi wo mu rugo. Uyu mugore w’abana 5 wamamaye kuva muri Uganda kugera muri Afurika y’Epfo yagaragaje ko urukundo no gukorera amafaranga byari byaranze kumuhira ubwo yakoraga akazi kagayitse.Zari kandi yavuze ko ubuzima bwa ‘Fake’ aba Slay Queen babamo aribwo butuma batazigamira

Zari Hassan yahaye isomo ry’ubuzima abiyita ‘Slay Queen’ ahishura ikintu gikomeye. Read More »

Inkumi yabujije amahwemo umuhanzi Niyo Bosco (AMAFOTO)

Uyu muhanzi ukunzwe na benshi biganjemo urubyiruko kubera imyandikire y’indirimbo ze, amarangamutima afitiye uyu mukobwa yamuganje atangira kuyashyira ku mbuga nkoranyambaga. Ku mugoroba w’ejo hashize, yashyize amashusho kuri Instagram ye yasohokanye n’iyi nkumi ndetse aherekezwa n’amagambo asize umunyu, aca amarenga ko baba bari mu rukundo. Nabrizza na we yaje agaragaza ko hari umubano udasanzwe afitanye

Inkumi yabujije amahwemo umuhanzi Niyo Bosco (AMAFOTO) Read More »