wex24news

IMYIDAGADURO

Sultana uzahajwe na kanseri yahakanye amakuru y’uko yapfuye.

Bwire Sultana yabwiye abavuga ko yapfuye kandi ari muzima ko babeshya detse ari nabanzi be. Sultana Bwire ni umugore w’Umunya-Kenya wamamaye muri Cinema .Yarwaye kanseri iramuzahaza kugeza ubwo hari abantu batagiye kumwiyitirira bagaragaza ko yapfuye. Anyuze kumbuga ze,yatanze ubutumwa aho yakoresheje amagambo akomeye avuga ko yabeshyewe asaba abafana be gutanga [ Report ] imbuga zakoreshejwe […]

Sultana uzahajwe na kanseri yahakanye amakuru y’uko yapfuye. Read More »

nyuma yaho hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga.

hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga. Muminsi ishize nibwo, Niyo bosco numukobwa witwa keza.bagaragaye bari gusagira, bishimanye hanavugwa ko baba bari murukundo. Ubu noneho hari kuvugwako amafoto yabo yarari ku mbugankoranyambaga zabo yaba yavanyweho kubwi mamvu zabo . Ibi byatangajwe nabamureberera muburyo bwi nyungu ze, ko ayo mafoto yavanywe

nyuma yaho hakomeje gucicikana amafoto ya Niyo Bosco n’umukunzi we bishimanye ubu yavanywe kumugankoranyambaga. Read More »

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki.

Mu kiganiro amahumbezi gica kuri Radio Rwanda, Marina yari umutumirwa w’umunsi.  Muri icyo kiganiro Marina yari yatumiwemo, niho yatangiye ukuri ku rukundo rwe na Yvan Muziki rumaze iminsi ruvugwa hirya no hino. Benshi bamaze igihe bashinja Yvan Muziki ko ariwe utuma Marina azima(adakora), ariko Marina yabihakanye ndetse avuga ko ababivuga bibeshya kuko we na Yvan

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki. Read More »

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi.

Nyuma y’igihe kinini Diamond Platnmuz avugwa mu rukundo hamwe na Zuchu, kuri ubu Diamond yamaze gutangaza ko nta mukunzi afite. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Diamond Platnmuz mu rurimi rw’iguswahire ruvanze n’icyongereza yagize ati “From today ningepedna niwatangazie rasmi kuwa I am single. Sidate wala sina mahusiano na mwananmke yeyote. Hivyo nisiwekewe mwanamke yoyote kama

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi. Read More »

Umugore yitereteye umugabo! Keza Nailla yahishuye uburyo yafashe iyambere yiteretera umugabo we B Threy yitwaje ko ari mubyara we

Keza Nailla, umugore w’Umuraperi B Threy yahishuye uburyo ariwe wafasha iyambere maze yiteretera umugabo we kugeza barushinze none ubu bakaba baramaze kwibaruka imfura yabo. Ibi Keza yabitangarije mu kiganiro aherutse kugirana na Ally Soudy, binyuze kuri Instagram. Keza yavuze ko afite mubyara we witiranwa n’umugabo we ‘Bertrand’ wari usanzwe aziranye n’uyu muraperi, umunsi umwe yamubwiye

Umugore yitereteye umugabo! Keza Nailla yahishuye uburyo yafashe iyambere yiteretera umugabo we B Threy yitwaje ko ari mubyara we Read More »

Hagaragaye amashusho y’ubujura bwakorewe Shakib wa Zari Hassan nyuma y’iminsi mike bibwe imbunda

Ni ubujura bwabereye Kampala ubwo yari yinjiranye n’inshuti ye muri Supermarket barimo guhaha. Ubwo bari bagiye kwishyura, uyu mugabo yarisatse abura ikofi ye, barayishaka barayibura niko kwibuka ko hari umuntu winjiye ahita asohoka, bahise basohoka bamushaka ariko basanga yarenze. Amashusho yagiye hanze arimo akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mugabo yinjira agahagarara iruhande rwa Shakib

Hagaragaye amashusho y’ubujura bwakorewe Shakib wa Zari Hassan nyuma y’iminsi mike bibwe imbunda Read More »

Impano yahawe The Ben na Uwicyeza Pamella

The Ben na Pamella bari mu kwabuki bahawe impano n’umufana wabo. Ku munsi wo ku wa Kabiri tariki 16 Ukuboza 2024, nibwo The Ben yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze ifoto agaragaza ko yayishimiye. Ni ifoto ishushanyije imugaragaza we n’umugore we Uwicyeza Pamella bamaze igihe bakoze ubukwe.Iyi foto yashyizwe hanze n’uwitwa Rk Blaise usanzwe ashushanya abantu

Impano yahawe The Ben na Uwicyeza Pamella Read More »

Uwicyeza Pamella agiye gutera ikirenge mu cya Mwiseneza Josiane na Mutesi Jolly,video namafoto urabisanga hasi.

Miss Uwicyeza Pamella yatangaje ko agiye kwiyunga kuri Naomie , Miss Mutesi Jolly n’abandi bamaze kugana youTube. Nyuma y’aho abandi bakobwa banyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda barimo Mutesi Jolly, Misss Mwiseneza Josiane, Naomie , Kayumba Darina n’abandi bafungukiye amaso bagakora Konti kuri YouTube , umugore wa The Ben nawe ati:” Reka tugerageze”. Ibi yabitangaje

Uwicyeza Pamella agiye gutera ikirenge mu cya Mwiseneza Josiane na Mutesi Jolly,video namafoto urabisanga hasi. Read More »

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi Nyuma y’inkundo nyinshi zavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ubu urugezweho ni urwa Niyo Bosco n’umukobwa witwa Keza. Nyuma y’amakuru yagiye acicikana avuga ko Niyo yaba ari mu rukundo, ubu hasohotse videwo ibishimangira, imugaragaza yishimanye bidasanzwe n’uyu mukobwa bavugwa mu rukundo, ndetse bamwe

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi Read More »

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO

Icyamamare mu myidagaduro Nyarwanda, Super Manager yatangaje impamvu atagiye mu gitaramo cy’umuherwekazi Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda. Aganira na Sunday Choice Live dukesha iyi nkuru, Super Manager yavuze ko impamvu atagiye mu gitaramo cya Zari Hassan cyabereye i Kigali ku wa 29 Ukuboza 2023, ngo ni uko yari yagiye Nyagatare kureba inka ye yari

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO Read More »