wex24news

IMYIDAGADURO

Marina yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah uri ku isonga mu bakobwa bahagaze neza muri muzika Nyarwanda yavuzwe cyane mu rukundo n’umusore nawe w’umuhanzi witwa Yvan Muziki, uyu mukobwa yaciye impaka kubyavuzwe byose. Uyu muhanzikazi adaciye ku ruhande yeruye maze avuga ko we n’uyu musore Yvan Muziki batari mu rukundo ahubwo bombi ari inshuti cyane bitandukanye nuko abanti babifata. […]

Marina yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Yvan Muziki. Read More »

Mama Dangote yagize icyo avuga ku rukundo rwa Diamond Platnumz na Zuchu.

Diamond na Zuchu bavuzwe mu rukundo kuva muri 2023 ariko rugakomeza kuba agatwiko no gushaka abafana. Mu gihe Zuchu atigeze ahwema kugaragaza Diamond Platnumz nk’umukunzi we ni nako Diamond we yagiye akora uko ashoboye agahisha urukundo rwe kuri uyu mukobwa baziranye kuva kera gusa amazina no kwamamara byari kuri Diamond Platnumz bigatuma badahura. Nyina wa

Mama Dangote yagize icyo avuga ku rukundo rwa Diamond Platnumz na Zuchu. Read More »

Otile Brown yasubije abavuga ko uburanga bw’umujyanama we buzatuma bica akazi

Otile n’umufasha muri muzika batangiye akazi Nyuma y’igihe gito Otile Brown atangaje ko yabonye Umujyanama mushya mu bya Muzika, kuri ubu batangiye akazi.Aba bombi bafashe indege berekeza mu Mujyi wa Dar Es Salam  mu bintu batatangaje gusa bashyira hanze amashusho bagaragara nk’abishimanye cyane by’umwihariko Otile Brown. Uyu muhanzi anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze yagize ati:”Uyu mwaka

Otile Brown yasubije abavuga ko uburanga bw’umujyanama we buzatuma bica akazi Read More »

Umuhanzi Abe Star yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Respect”

Abe Star nyuma yo gukora indirimbo “High” ayikoreye mu bisumizi ikorwa na Evydecks mix mastering bigakorwa na “Bobo Pro”,arongera akora indirimbo yise “Inyenyeri” yakozwe na KinaBeat. Uyu muhanzi Abe Star uvuga ko kubwigitutu abafana kumushyiraho buvuga ko bagize irungu bitewe nuko akarera abakunzi be yahise akora indi ni ndirimbo yise “Respect” ivuga ku cyubahiro ko

Umuhanzi Abe Star yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Respect” Read More »

Tiwa Savage yashyize Davido ku ruhande ahita ategura Filime idasanzwe.

Tiwa Savage agiye gushyira hanze Filime yiswe ‘Water and Garri”. Umunya Nigeria Tiwa Savage umaze iminsi ari gukozanyaho na Davido kugeza agiye kumurega kuri Police yo muri iki gihugu, agiye kugaragara muri Filime yiswe ‘Water and Garri’ nk’umukina nkuru mukuru. Iyi Filime ikurikiye iyo yakinnyemo yitwa Aisha, nk’umukobwa wakoraga muri Amerika akaza kugaruka iwabo nyuma

Tiwa Savage yashyize Davido ku ruhande ahita ategura Filime idasanzwe. Read More »

Vestina na Dorcas bateye inyota abakunzi babo.

Ureberera inyungu za Vestina na Dorcas Irene Mulindahabi yavuze igihe bazashyirira hanze indirimbo. Abakobwa babiri Vestistine na Dorcas bagiye gushyira hanze amashusho y’indirimbo yitwa ‘Iriba’ nyuma yo kuva mu gihugu cy’u Burundi. Aba bakobwa bagiye gutaramira mu gihugu cy’u Burundi mu minsi yashize nk’uko twabibagejejeho, nyuma y’aho gato biba induru mu banyamakuru bavugaga ko amashusho

Vestina na Dorcas bateye inyota abakunzi babo. Read More »

Knowless Butera n’umugabo we baciye amarenga y’indirimbo nshya

Butera Knowless n’umugabo we baciye amarenga yo gushyira hanze indirimbo nshya. Jeanne d’Arc Ingabire Butera [ Butera Knowless ] , ni umugore wa Ishimwe Clement usanzwe anamufasha mu bya muzika akaba ari nawe umukorera indirimbo. Kuba babana akaba ari nawe Manager we byorohera bombo binyuze mu guhana ibitekerezo n’uburyo bwo kwamamaza igihangano mbere y’uko kijya

Knowless Butera n’umugabo we baciye amarenga y’indirimbo nshya Read More »

Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024

Igitangaza yavuze ko 2024 ari umwaka w’ibikorwa agira ati:”Itahiwacu Grammy”. Umuhanzi Bruce Melodie wamamaye muri muzika Nyarwanda no ku Isi muri rusange, yashyize hanze zimwe mu nkuru zandikiwe ku mugabane w’I Burayi zamuvuzweho muri 2023 ubwo yari muri Amerika  hamwe na Shaggy na Coach Gael, agaragaza ko atewe Ishema n’ibyo yagezeho mu mwaka washize, gusa

Bruce Melodie yikomanze mu gatuza ahigira Grammy Awards 2024 Read More »

Niyo Bosco arasaba abahanzi nyarwanda gukora ikibina cyo kuzigamamo amafaranga Umuhanzi umaze gukora izina rikomeye cyane muri muzika Nyarwanda Niyo Bosco yavuze amagambo yatangaje abantu benshi agaragaza ko bashaka bashyiraho uburyo bwo kwizigamira bwajya bubagoboka. Mu magambo uyu muhanzi yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yavuze ko abahanzi bagenzi be bakwiye gukora ikibina ariko hasigara

Read More »

Libianca ntiyemeranya ninama harmonize abanyamuziki.

Mu mpera za 2023, umuhanzi Harmonize yikojeje ku mbuga nkoranyambaga akebura abahanzi bose ko bakwiye kuririmba mu rurimi rw’Icyongereza kugira ngo indirimbo zabo zose zigere ku bantu bose ku Isi, bitewe nuko rukoreshwa cyane n’abantu benshi . Ibi yabitangaje ubwo yari mu birere yishimira ko indirimbo ye yise ‘Single Again’ imaze kurebwa n’abantu benshi cyane

Libianca ntiyemeranya ninama harmonize abanyamuziki. Read More »