wex24news

IMYIDAGADURO

kenny sol yanze kugira icyo atangaza kubyo kujya kuba mumahanga

Kuri uyu munsi tariki 10 Mutarama 2023, umuhanzi Rusanganwa Norbert wamamaye nka Kenny Sol yasinye amasezerano yo kwamamaza ikigo gicuruza telefoni cya Infinix aho yasinyiye kwamamaza ubwoko bw’izi telefoni nshya bwitwa Hot40. Kenny Sol asinye aya masezerano mu gihe amaze iminsi mike asezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kunda Yvette Alliance bitegura kurushinga. Icyakora n’ubwo amaze […]

kenny sol yanze kugira icyo atangaza kubyo kujya kuba mumahanga Read More »

Meddy yifurije isabukuru y’amavuko The Ben.

Umuhanzi Ngabo Medard yifatanyije n’ibihumbi byifurije Tiger B isabukuru nziza y’amavuko. Ubusanzwe Meddy na The Ben ni abavandimwe muri muzika Nyarwanda.Ni bamwe mu bahanzi bafite ibendera rya muzika muri iki gihugu kabone n’ubwo bamara imyaka badakora.Ukoze wese aba ashaka kugera ikirenge muri icyaba bahanzi. Meddy na The Ben bahuriye mu ndirimbo zitandukanye zirimo; Loose Control

Meddy yifurije isabukuru y’amavuko The Ben. Read More »

Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina

Umuhanzi Ykee Banda yakoranye indirimbo na Marina nyuma y’igihe ahawe akazi ko kuba umwe mu bayobozi b’ikigo cy’amashuri cyitwa Golden High School giherereye ahitwa Nsangu muri Uganda. Aba bombi Marina na Ykee Banda bakoze iyi ndirimbo bise ‘Ndokose’ yaje kuzuza inzozi z’uyu muhanzikazi zo gukorana indirimbo na Ykee Banda. kanda hano urebe indirimbo

Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina Read More »

kumunsi wamavuko ! The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bakatiye Cake ahantu hatan.gaje

Miss Uwicyeza Pamella n’umugabo we The Ben bari muri Kenya arinaho The Ben yakatiye Cake yishimira ko yujuje imyaka 37 y’amavuko. The Ben na Pamella bamaze kugera i Mombasa nyuma y’uko baciye mu gihugu cya Misiri hamwe mu hantu batekerezaga ko bakorera Honney Moon yabo. Nyuma yo kugera i Mombasa muri Kenya, Uwicyeza Pamella yifatanyije

kumunsi wamavuko ! The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bakatiye Cake ahantu hatan.gaje Read More »

igisigo gikoranye ubuhanga buhanitse ndetse yahuje imbaraga n’umukobwa Kibasumba Confy nawe uzwiho gukora mu nganzo bikanyura benshi .

Musare Paradis ni umusizi, umunyabugeni ukora ibihangano bishushanyije(paintings art ) ndetse akaba n’umwanditsi n’umuririmbyi, ubuhanga bwe buhanitse wabubonera mu gisigo yakoze cyitwa Belle Munganyinka ndetse n’indirimo ye yise naraye i musozi nayo yanyuze abatari bake. Mu gisigo cye gishya yateguje abakunzi be yise ‘Keza’ ni igisigo yakoranye n’umukobwa nawe ukomeje kugaragaza ubuhanga bwe budashidikanywaho mu

igisigo gikoranye ubuhanga buhanitse ndetse yahuje imbaraga n’umukobwa Kibasumba Confy nawe uzwiho gukora mu nganzo bikanyura benshi . Read More »

Polisi yatangiye iperereza ku kibazo cya Tiwa Savage na Davido.

Polisi yo mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria, yakiriye ikirego cya Tiwa Savage ushinja Davido gushaka kumugirira nabi, nyuma yo kugaragara ari kumwe na Sophia Momodu wabyaranye n’uyu muhanzi. Umuvugizi wa Polisi y’Umujyi wa Lagos, SP Benjamin Hundeyin yatangarije itangazamakuru ryo muri Nigeria, ko bakiriye ikirego cya Tiwa Savage, ushinja Davido kumutera ubwoba no kugaragaza

Polisi yatangiye iperereza ku kibazo cya Tiwa Savage na Davido. Read More »

Enjoy ya Jux na Diamond Platnumz iri kurutonderwa zimwe mu ndirimboLupita Nyongo azumva muri 2024

Lupita Nyong’o yashyize hanze urutonde rw’indirimbo 10 azumva muri 2024 hazamo Enjoy ya Juma Jux na Diamond Platnumz Anyuze kuri konti ye ya Instagram yagize ati:”Indirimbo ndimo kuryoherwa nazo muri 2024.Izo ndirimbo ni ; 1.This Year ya Emily King ; Ni indiirmbo bigaragara koi maze umwaka umwe igiye hanze.Kuri Konti ya YouTube ya Emily King,

Enjoy ya Jux na Diamond Platnumz iri kurutonderwa zimwe mu ndirimboLupita Nyongo azumva muri 2024 Read More »

Lil Nas uvugwaho kuryamana nabo bahuje igitsina yeteguje indirimbo yise J Christ.

Umuhanzi w’Umunyamerika Lil Nas wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yateje urujijo rwo kuba yarakiriye agakiza cyangwa niba ari ubuhakanyi nyuma yo guteguza indirimbo yise ‘J Christ’.Ni indirimbo yateguje yifashishije ifoto y’umusaraba uriho umuntu ubambye. Iyi ni indirimbo izasohoka ku wa Gatanu tariki 12 Mutarama 2024 nk’uko nyiri ubwite yabitangaje .Nyuma y’igihe adashyira hanze indirimbo, Lil Nas

Lil Nas uvugwaho kuryamana nabo bahuje igitsina yeteguje indirimbo yise J Christ. Read More »

Agashya: Shadboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi!

Mu mukino ikipe ya APR FC yasezerewemo na Mlandege FC yo muri Zanzibar kuri penaliti 4-2 umunya Sudan Shaiboub Eldin ukinira ikipe y’Ingabo z’Igihugu niwe wahawe igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri uyu mukino (Man Of The Match). Shaiboub wari kapiteni muri uyu mukino yahawe amafaranga ibihumbi 750,000 by’amafaranga yo muri Tanzania nk’igihembo cy’umukinnyi

Agashya: Shadboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi! Read More »

Kuri ubu abasore bakunda Shaddyboo bose bakomeje guhezwa kure y’urukundo rwabo kubera ubushobozi bucye, ubushobozi bucye ntibushobora gutuma hari uwaterera ivi Shaddyboo.

Mu minsi yashize Shaddyboo yigize gutangaza ko nta musore ushobora kumuterera ivi atabasha kujya kubikorera aho yifuza. Shaddyboo yavuze ko yifuza ko umusore wamuterera ivi yabikorera ku munara w’i Paris uzwi nka the Eiffel Tower cyangwa la Tour Eiffel. Ubwo Shaddyboo yabazwaga kuri iyi ngingo niba itazabangamira abasore bigatuma bamutinya, yavuze ko umusore utabasha kuzuza

Kuri ubu abasore bakunda Shaddyboo bose bakomeje guhezwa kure y’urukundo rwabo kubera ubushobozi bucye, ubushobozi bucye ntibushobora gutuma hari uwaterera ivi Shaddyboo. Read More »