Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi
Miss Planet International ni irushanwa rihuriramo abakobwa baturutse mu mande zose z’isi, ndetse ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kane. Kuri iyi nshuro iri rushanwa rizabera muri Cambodia, ndetse ni ku nshuro yambere Umunyarwanda aryitabiriye. Kuri ubu u Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’umukobwa witwa Yvonne Kabarokore uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Ïvy. Akaba asanzwe […]