wex24news

IMYIDAGADURO

Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi

Miss Planet International ni irushanwa rihuriramo abakobwa baturutse mu mande zose z’isi, ndetse ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kane. Kuri iyi nshuro iri rushanwa rizabera muri Cambodia, ndetse ni ku nshuro yambere Umunyarwanda aryitabiriye. Kuri ubu u Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’umukobwa witwa Yvonne Kabarokore  uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Ïvy. Akaba asanzwe […]

Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi Read More »

Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo guterwa indobo n’umusore wari waramwambitse impeta, kuri ubu aryohewe n’urukundo.

Umukobwa wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, Mwiseneza Josiane waje no kwegukana ikamba rya miss wakunzwe kurusha abandi, yatangaje ko ari mu rukundo. Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, Josiane yatangaje ko nyuma yo gutandukana n’umusore bahoze bakundana, ko kuri ubu afite undi. Yavuze ko uwo bari kumwe bamaranye imyaka 2 bakundana, gusa

Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo guterwa indobo n’umusore wari waramwambitse impeta, kuri ubu aryohewe n’urukundo. Read More »

Tamale yatangaje ko yifuza gutereta Zari Hassan akamwambura umugabo we.

Tamale Mirundi Junior yahishuye ko yifuza gukundana na Zari Hassan uherutse gukora ubukwe na Shakin Cham Lutaaya. Uyu musore umaze kwamamara kumbuga Nkoranyambaga, yemeje ko amaze igihe ying ereza Zari Hassan kugeza ubwo yaje kumwiyumvamo nk’umugore w’inzozi ze. Tamale wifuza umugore w’abandi aganira n’ibinyamakuru byo muri Kenya [ YouTubers] , yemeza ko adashidikanya ku bushobozi

Tamale yatangaje ko yifuza gutereta Zari Hassan akamwambura umugabo we. Read More »

Oda Paccy yahaye abafana be ubutumwa bukomeye

Umuhanzikazi Oda Paccy anyuze kumbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ubutumwa yahawe n’uwo yise umuvandimwe gusa abivuga agamije kwigisha rubanda. Oda Paccy yagize ati:” Naganiriye n’umuvandimwe , arambwira ati hari ubwo ubuzima bugushuka ko bizagenda neza nawe ukadamarara koko , ukibagirwa uwo uriwe n’umwanya wawe , agaciro kawe , uko ufata abandi n’uko ufatwa n’abandi. Nuko arambwira

Oda Paccy yahaye abafana be ubutumwa bukomeye Read More »

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Murukererarwo 2 tariki ya 9 Mutarama nibwo The Ben yagize isabukuru ye y’amavuko, The Ben kuri ubu yujuje imyaka 37 y’amavuko.Pamella yabyutse asangiza amashusho yishimanye na The Ben, ubundi amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko ndetse amutera imitoma irimo ni ndirimbo. Pamella yagize ati “Isabukuru nziza y’amavuko HUBBY WUBBY wange mwiza! “. Pamella yakomeje amubwira ko kuba

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko Read More »

Bushali n’umugore we barangaje abantu mu bukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango Claudine.

Mu bukwe bwa Miss Muyango Cloudine  n’umukinnyi Kimenyi Yves bwabaye kuri uyu wa 6 Taliki 6 mutarama 2024, bwitabiriwe n’ibyamamare harimo bamwe bagiye batungurana. Muri abo batunguranye harimo umuhanzi Bushali waserukanye n’umugore we ndetse bakaba bari mu bantu barangaje abantu benshi mu bukwe kubera ubwisanzuro n’urukundo bari bafite. Muri ubu bukwe kandi harimo ibindi byamamare

Bushali n’umugore we barangaje abantu mu bukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango Claudine. Read More »

umuhanzi nyarwanda aline yasohoye indirimbo ye yise warambabaje.

Umuhanzikazi Aline yashyize hanze indirimbo yise Warambabaje yumvikanamo uburyo yatengushywe n’umukunzi we yari yareguriye umutima we wose ariko bikarangira amubabaje. Iyi ni indirimbo yakoze akuye inganzo ku nkuru mpamo yamubayeho akizera umukunzi we akamwegurira umutima we ariko nyuma y’igihe akaza kumuhemukira akamubabaza cyane.Agahinda yatewe n’umukunzi we, niko kashibutseho inganzo akoramo indirimbo Warambabaje. Aline usanzwe akorera

umuhanzi nyarwanda aline yasohoye indirimbo ye yise warambabaje. Read More »

liliane mbabazi yerekanye impamvu yari yaratandukanye na radio

Uretse kugaruka ku buryo bari babanye mu buryo bwihariye, yagarutse ku bihe bitoroshye banyuranyemo byanaje kuvamo umwanzuro wo gutandukana. Avuga ko bombi ibi babihisemo ku bw’ejo hazaza heza h’abana babo. Mu magambo ye Lilian Mbabazi yagize ati”Nakunze Mowzey n’umutima wanjye wose gusa hari ubwo twisanze mu bihe bikomeye njyewe na we kandi njye nifuzaga ko

liliane mbabazi yerekanye impamvu yari yaratandukanye na radio Read More »