byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga.
ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nkaRed Bull Salzburg,Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal Bakunda gutazira ” the Teranga Lions star” yakoze ubukwe mwibanga. Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo […]