wex24news

IMYIDAGADURO

byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga.

ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nkaRed Bull Salzburg,Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal Bakunda gutazira ” the Teranga Lions star” yakoze ubukwe mwibanga. Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo […]

byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga. Read More »

Shakib Cham yavuze ko gushyingirwa na Zari aricyo kintu yagezeho muri 2023.

“Gushakana na Zari Hassan nicyo kintu nagezeho mu buzima bwanjye muri 2023” ! Shakib Lutaaya Uyu mugabo yavuze ko mu mwaka wa 2023 yageze kuri byinshi gusa agaragaza ko ikintu gikomeye yagezeyo ari ugushakana na Zari Hassan bagakora ubukwe. Aba bombi bakomeje gukundana na nyuma yo gusezerana babihamisha imbuga nkoranyambaga .Shakib yavuze ko kubana na

Shakib Cham yavuze ko gushyingirwa na Zari aricyo kintu yagezeho muri 2023. Read More »

Umukobwa wabaye Miss wa Namibia ashaka kuba Perezida.

Nyampinga wa Namibia 2022 yongeye kugaragaza ko yifuza kuba Perezida w’Igihugu gusa agaragaza impungenge z’uko akiri muto. Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Cassia Sharpley, yabwiye abamukurikira ko vuba aha arabasangiza iby’urugendo rumweremeza mu matora ati:” Vuba ndabasangiza urugendo rwanjye rwerekeza ku kuba Perezida wa Repubulika ya Namibia” Nubwo benshi bahise bamwibutsa ko itegeko nshinga ry’iki gihugu

Umukobwa wabaye Miss wa Namibia ashaka kuba Perezida. Read More »

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we -Amafoto

Rusanganwa Norbert [Kenny Sol] nyuma yo kwambika impeta no gufata irembo, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Tunga Kunda Alliance Yvette bamaze igihe bakundana. Kenny Sol yahamije isezerano rye n’umukunzi we Kunda, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2024 mu Murenge wa Nyakabanda mu Mujyi wa Kigali.

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we -Amafoto Read More »

umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga

Amafoto yashyizwe hanze na Kunda agaragaza ko yamaze kwemerera Kenny Sol kumubera umugore. Yagiye hanze mu gihe aba bombi biteguye guhamya isezerano ryabo imbere y’amategeko ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mutarama 2024. Uyu mukobwa ubusanzwe yitwa Kunda Alliance Yvette akaba akubutse mu Bushinwa aho yigaga. Urukundo rwa Kunda Alliance Yvette na Kenny Sol bagerageje

umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga Read More »

ekipe imwe murwanda yibye Dendo yari iri mu magi barayibaga barayirya none ba nyirayo bari gutaka.

Ku muyumbu, haravugwa inkuru y’abakinnyi bibye dendo y’abandi barayirya. Urugo ruturanye n’aho abakinnyi ba ADAX FC rurabarega kurya dendo yarwo yarariraga amagi 12. Ni mu kagari ka Akinyambo, umudugudu wa Rugarama. Ba nyiri dendo bavuga ko barimo gusaba nyir’ADAX FC, ari we Juvenal Mvukiye ngo arihe iyo dendo. Ba nyiri Dendo bavuga braza kujugunya ayo

ekipe imwe murwanda yibye Dendo yari iri mu magi barayibaga barayirya none ba nyirayo bari gutaka. Read More »

Kimironko hasezeraniye umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari umutinganyi.

Nibisanzwe umwe mumirenge yagasabo yasezeranyije umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari abatinganyi. Ibi byabaye kumusi wejo taliki 4 mutarama2023 ibi byabereye Mu Murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo. Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amafoto y’umugabo wagiye gusezerana imbere y’amategeko yambaye ijipo. Uyu mmugabo ukomoka hanze y’u Rwanda ariko wari wasezeranye n’umukobwa

Kimironko hasezeraniye umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari umutinganyi. Read More »

Vestine na Dorcas barashijwa kubuza ibirayi aba-youTubers b’i Burundi ?

Nyuma yo gukora igitaramo i Burundi , Vestine Dorcas babaye inshiroryimigani nyuma y’aho abanyamakuru biburundi bose bafashe amashusho y’igitaramo cyabo bakabuzwe amahirwe yo kubona amaronko muri ayo mashusho. Ibi byatangajwe n’aba banyamakuru biburundi kuva mu masaha y’umugoroba  wo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2023.Ubwo aba bakobwa bageraga muri iki gihugu, ku kibuga cy’indege,

Vestine na Dorcas barashijwa kubuza ibirayi aba-youTubers b’i Burundi ? Read More »

Uyu munsi taliki 4 mutarana 2024 ni umunsi wihariye detse utazava mumitwe yaba bombi,Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango.

Uyu munsi ni umunsi w’ibitangaza kuri Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango, ntibazawibagirwa. Kuri uyu munsi tariki ya 4 Mutarama 2024 ni umunsi ugiye kuba umwe mu minsi itazibagirana mu buzima bwa Kimenyi Yves ndetse n’umugore we Miss Uwase Muyango. Kuri iyi tariki 4 Mutarama 2024 nibwo Uwase Muyango ndetse na Kimenyi Yves bagiye kurushinga

Uyu munsi taliki 4 mutarana 2024 ni umunsi wihariye detse utazava mumitwe yaba bombi,Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango. Read More »

Junior Giti yatawe muri yombi ubwo yageraga i Bunjumbura aherekeje umuhanzi we Chris Eazy mugitaramo bari bagiyemo

Mu minsi ishize i Burundi habereye ibitaramo by’abahanzi bo mu Rwanda bari bagiye kwizihirizayo iminsi mikuru yo gusoza umwaka wa 2023 binjiza abakunzi b’umuziki wabo mu wa 2024. Chris Eazy nawe wari wagiye muri iki gihugu ntibyamworoheye kuko mbere amasaha make ngo igitaramo kibe, ikipe yari yamuherekeje yose yatawe muri yombi mu gihe cy’amasaha hafi

Junior Giti yatawe muri yombi ubwo yageraga i Bunjumbura aherekeje umuhanzi we Chris Eazy mugitaramo bari bagiyemo Read More »