wex24news

IMYIDAGADURO

Umuhanzikazi Lydia Jazmine yagaragaye yambaye ubusa hejurunone akomeje guca igikuba kumbugankoranyambaga.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Lydia Jazmine Umuhanzikazi ukomoka muri Uganda yasangije amafoto yatangaje benshi ndetse aca igikuba mu bamukurikira detse na bafana be. Uyu muhanzikazi ubwo yasangizaga aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga, abafana be bamugaye cyane bavuga ko ibyo yakoze atari byo kandi bari bamuzi nk’umuntu w’iyubaha, gusa ubwo uyu muhanzi yajyaga kubasubiza yababwiye […]

Umuhanzikazi Lydia Jazmine yagaragaye yambaye ubusa hejurunone akomeje guca igikuba kumbugankoranyambaga. Read More »

Abakobwa b’uburanga bifurije Miss Naomie wambitswe impeta kuzahirwa mu rukundo

Miss Nishimwe Naomie bamwifurije ishya n’ihirwe mu nzira nshya yerekejemo n’umukunzi we Michael Tesfay ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopi. Ibi byabaye ku wa 1 Mutarama 2024 aho uyu mukobwa yahise agaragaje ko atewe ishema n’urukundo yeretswe n’umukunzi we ugiye kumukura mu bakobwa akamugira umugore. Tesfay Michael nawe yagize ati:”Natangiye umwaka mushya n’urukundo rw’ubuzima bwanjye”.

Abakobwa b’uburanga bifurije Miss Naomie wambitswe impeta kuzahirwa mu rukundo Read More »

Umukobwa ukora umwuga w0 kwicuruza (uburaya) yatunguranye atanga Bonane kubamubereye abakiriya bose 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza.

Ku munsi wejo hashize tariki ya 1 Mutarama 2024, mu buyapani umukobwa usanzwe akora umwuga wo lwicuruza yahaye promosiyo abagabo bose bishimanye umwaka wose kugirango abahe Bonane abashimira ko bamubereye abakiriya beza. Uyu mukobwa usanzwe akorera murimwe mu mijyi yiki gihugu, kuri uwo munsi yahaye itangazo abakiriya be kugirango abashimire ko bamubereye abakiriya beza muri

Umukobwa ukora umwuga w0 kwicuruza (uburaya) yatunguranye atanga Bonane kubamubereye abakiriya bose 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza. Read More »

umwe mubabaye miss w’u Rwanda Miss Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse akaba yatangaje ko bitegura gukora ubukwe.

Mu ijoro ryakeye taliki ya 1 Mutarama 2024 nibwo Michael Tesfay yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Nishimwe Naomie wabaye miss w’u Rwanda mu 2020. Nishimwe Naomie yagize ati “Sinjye uzarota mbanye nawe ubuzima bange nsigaje bwose.” Uru rukundo rw’aba bombi barumazemo imyaka ibiri kuko kuva mu 2022 ari bwo rwatangiye kumenyekana by’umwihariko kumbuga nkoranya mbaga.

umwe mubabaye miss w’u Rwanda Miss Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse akaba yatangaje ko bitegura gukora ubukwe. Read More »

Itike za miliyoni 5Frw zashize! Ibyo wamenya ku gitaramo cy’abagore b’ikimero detse bafite agatubutse i Kigali Boss Babes .

Ni mu birori byo kumurikiramo imyiteguro ya filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi nuko babayeho. Ibi ibirori byitezwe ko bizabera ahitwa ‘Century park’ Hotel iherereye i Nyarutarama uyu munsi ku wa 29 Ukuboza 2023. Itike y’amafaranga make ku bashaka kuzitabira ibi birori iri kugura ibihumbi 30000Frw, mu gihe abazayigurira ku muryango bo bazishyura

Itike za miliyoni 5Frw zashize! Ibyo wamenya ku gitaramo cy’abagore b’ikimero detse bafite agatubutse i Kigali Boss Babes . Read More »

Naseeb Junior Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna,yafatanyije n’abafana gushyigikira se

Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna , Naseeb Junior aka, akomeje kwiyegurira imbuga Nkoranyambaga nyuma yo kugaragara ari gufana se mu gitaramo cyo gufungura Stade muri Zanzibar. Tariki 26 Ukuboza 2023 , nibwo Diamond Platnumz yagaragaye ari kumwe n’abana yabyaranye na Zari Hassan [ Nillan , Tiffah ] n’uwo yabyaranye na Tanasha Donna [

Naseeb Junior Umuhungu wa Diamond Platnumz na Tanasha Donna,yafatanyije n’abafana gushyigikira se Read More »

Niyo Bosco yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya nyuma yaho yari yariheje andaheruka gukora munganzo.– VIDEO

.Ni amakuru yamenyekanye ku wa 28 ukuboza 2023 ubwo yabitangazarizanga itangazamakuru. Niyo Bosco wari umaze igihe acecetse yashyize hanze iyi ndirimbo nsha kumugoroba wejo.Nindirimbo nziza igaragaza ko haribyo yangezeho yishimira detse yiyubahira.iyi ndirimbo ikaba yitwa ‘Eminado’. Iyi ndirimbo‘Eminado’ igaruka kubikorwa bya muranze uyu mwaka wa 2023 no mu buzima bwe muri rusange. Irijambo iyitiriye iyi

Niyo Bosco yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya nyuma yaho yari yariheje andaheruka gukora munganzo.– VIDEO Read More »

Mu gihe Christopher ategerejwe imbere y’abakunzi be mu gihugu cy’ u Burundi tariki 30 Ukuboza yagiranye ikiganiro na Akeza TV yemeza ko nyina umubyara ariwe watumye akunda Big Fizzo. Muri iki kiganiro Christopher yagarutse ku rukundo yakunze umuziki kuva muri 2009 ubwo yinjiraga muri Kina Music afite imyaka 15 y’amavuko. Christopher yabajijwe kucyo yavuga kuri

Read More »

Zari urugorwe rwigabijwe nabajura , uwarushinzwe kurinda urugo rwa arahakomerekera bikomeye.

Ni ubutumwa bw’amashusho yatambukije kuri Instagram, Zari yagize ati” Ejo hashize urugo rwanjye ruri muri Uganda rwaratewe ubwo nari nasohotse, bazirika uwari ushinzw kururinda bamutema ugutwi banatwara ibintu byinshi byi bikoresho byari munzu.” Yavuze ko aba bajuru banabajije abari mu nzu, bababaza aho imfunguzo z’imodoka ziri kugira ngo bayitware ariko bumvise abashinzwe umutekano baje baranshika

Zari urugorwe rwigabijwe nabajura , uwarushinzwe kurinda urugo rwa arahakomerekera bikomeye. Read More »

Umupadiri yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge azira gukoresha imiti yongera akanyabugabo myinshi

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mu Padiri bivugwa ko yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge, ndetse biravugwa ko uyu mugabo yapfuye ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro we nuwo mukobwa. Uyu mupadiri wo mu gihugu cya Kenya wari ufite imyaka 43 yapfiriye muri Lodge mu mujyi wa Nairobi ubwo

Umupadiri yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge azira gukoresha imiti yongera akanyabugabo myinshi Read More »