wex24news

IMYIDAGADURO

Harmonize mugahinda gakomeye nyuma yaho ahishuye ko yakeneshejwe n’amafaranga yishyuye Diamond Platnumz

WCB Wasafi ni imwe mu nzu ifasha abahanzi batandukanye mugutunganya umuziki ya Naseeb Abdul Juma wamamaye nka Diamond Platinumz, iyo ikaba Ari imwe mu zambere zikomeye cyane mu gihugu cya Tanzania ndetse na nyirayo ubwo ni umwe mu bahanzi bicyitegererezo muri Afurika yose muri muzika. Ubusanzwe iyi label Wasafi ifata abahanzi bakizamuka bataramamara maze ikabafasha […]

Harmonize mugahinda gakomeye nyuma yaho ahishuye ko yakeneshejwe n’amafaranga yishyuye Diamond Platnumz Read More »

Imvano y’isibwa ry’indirimbo The Ben yahimbiye umugore we.

Urubuga rwa Youtube rwasibye indirimbo “Ni Forever” y’umuhanzi The Ben yari aherutse guhimbira umugore we Uwicyeza Pamella. ‘Ni Forever’ yasibwe nyuma y’uko The Ben arezwe na Sosiyete yitwa ‘Drone Skylines Ltd’ ivuga ko uyu muhanzi yibye amwe mu mashusho yayo. ‘Drone Skyline Ltd’ isanzwe ifata amashusho yifashishije utudege tutagira abapilote haba mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro,

Imvano y’isibwa ry’indirimbo The Ben yahimbiye umugore we. Read More »

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirishya kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugore wafashwe amashusho Ari kunyuza umugabo bari baryamanye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma. Nk’uko bikomeje gutangazwa, biravugwa ko umugabo wuyu mugore yari yagoye mu kazi nk’ibisanzwe ariko umugore we agahita azana inshoreke ye bakaryamana, nubwo umugabo yagarutse igitaraganya maze umugore agwana

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirishya kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma Read More »

“Biravugwa ko Ubukene bumwugarije” Bite bya Man Martin Ukubise umwaka nta Ndirimbo!.

December 26, 2023 by Shalomi Wanyu Umuhanzi akaba n’umwanditsi wamenyekanye nka Man Martin,hakomeje kwibazwa n’abatari bacye bakunda inganzo ye niba hari ikimuhugije cyangwa niba koko ubushobozi bugenda bwanga kuko umwaka wirenze nta Gikorwa( indirimbo) ashyira hanze, kuko aheruka indirimbo Taliki 16/12/2022.(NOMADE) Mu minsi ishije nibwo humvikanye amakuru ashyira ku Gitutu abahanzi bakunzwe batagisohora indirimbo bari Amalon,The Ben

“Biravugwa ko Ubukene bumwugarije” Bite bya Man Martin Ukubise umwaka nta Ndirimbo!. Read More »

Ibyamamare byahesheje u Rwanda ishema ku rwego mpuzamahanga muri uyu mwaka 2023 (Amafoto)

Umwaka wa 2023 uri kugana ku musozo ndetse hari byinshi bitazibagirana mu mitwe ya benshi byawubayemo mu ngeri zitandukanye. By’umwihariko, mu myidagaduro hari abawusoje babyinira ku rukoma kubera amahirwe n’imigisha bawugiriyemo. Iminsi isaga 360 igize umwaka harabuho mbarwa ngo ipfundikirwe ndetse bamwe batangiye gupangira umwaka utaha, cyane ko amahirwe, imigisha cyangwa ibibazo bahuriyemoo na byo

Ibyamamare byahesheje u Rwanda ishema ku rwego mpuzamahanga muri uyu mwaka 2023 (Amafoto) Read More »

Indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe kuri YouTube itamaze kabiri.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki 25 Ukuboza 2023, indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe ku rubuga rwa YouTube, ashinjwa gukoresha, igihangano cy’abandi atabiherewe uburenganzira. Nk’uko urubuga rwa YouTube rwabitangaje, iyi ndirimbo yakuweho ku busabe bw’ikigo cyitwa Drone Skyline Ltd, gishinja uyu muhanzi ikirego kizwi nka ‘Copyright Claim’ aho umuntu akurega iyo

Indirimbo ‘Ni Forever’ ya The Ben yakuwe kuri YouTube itamaze kabiri. Read More »

bimwe mu byamamare 10 byavukiye italiki imwe ni ya yesu.

Umunsi umuntu yavukiyeho ni umunsi w’igitangaza kuri we kandi yizihiza buri mwaka. Ibi biba umwihariko ku bantu bavutse ku munsi wa Noheli wavutseho umwana w’Imana, dore ko bavuga ko abavutse kuri uyu munsi baba abanyamugisha n’abanyamahirwe bitewe nuko bavutse kuri uyu munsi udasanzwe. Dore bimwe mu byamamare 10 bizwi ku rwego mpuzamahanga byavukiye rimwe na

bimwe mu byamamare 10 byavukiye italiki imwe ni ya yesu. Read More »

rema namakula yasanze ubukwe bwa the ben bungeze k’umusozo.

Ni ubukwe bwabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23 Ukuboza 2023, ukaba wari umunsi w’ibyishimo ku bakunzi ba muzika nyarwanda muri rusange. Wari umunsi ukomeye ku ruhande rwa The Ben na Pamella ndetse n’imiryango yabo nk’uko akamwenyu kagaragaraga ku maso yabo. Ubu bukwe bwari bwitabiriwe n’ibyamamare mpuzamahanga mu ngeri zitandukanye yaba mu muziki, muri

rema namakula yasanze ubukwe bwa the ben bungeze k’umusozo. Read More »

manchester united yemeje ko sir jim ratcliffe yaguzemo imigabane

ikipe ya manchester united yemeje ko umuherwe w’umwongereza sir jim ratcliffe yaguzemo imigabane ingana 25% kuri iki cyumweru nibwo iyi kipe imaze iminsi itorehewe n’ibihe yabitangaje ibinyujije ku mbugankoranyambaga zayo. Sir Jim Ratcliffe iyi migabane ingana na 25% yayiguze agera kuri Miliyari 1.3 y’Amapawundi binyuze muri sosiyete abereye Chairman ya INEOS. Mu itangazo ikipe ya

manchester united yemeje ko sir jim ratcliffe yaguzemo imigabane Read More »

Abarimo Grace Bahati, Doriane Kundwa na Meddy bageneye ubutumwa bwihariye The Ben na Pamella.

Imyidagaduro nyarwanda imaze iminsi ntakindi kigaruka ku mwanya wa mbere uretse ubukwe bwa The Ben mu nkuru nk’icumi wasangaga ariyo yiganjemo. Ni mu gihe kuko The Ben ari umuhanzi umaze imyaka itari mike akora umuziki yagiriye igikundiro cyo hejuru na Uwicyeza Pamella akaba umwe mu bakobwa bamamaye mu marushanwa y’ubwiza arimo Miss Rwanda. Ibyamamare bitandukanye

Abarimo Grace Bahati, Doriane Kundwa na Meddy bageneye ubutumwa bwihariye The Ben na Pamella. Read More »