wex24news

IMYIDAGADURO

Meddy yavuze icyatumye atitabira ubukwe, The Ben na Pamella bahabwa ubutaka muri Zanzibar (Amafoto)

The Ben na Pamella babanje gufata amafoto mbere yo guhabwa ibyicaro, mu muhango witabiriwe n’inshuti, imiryango baturutse hirya no hino ku isi. Hari abaturutse muri Canada, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Burundi, Uganda, Kenya, Tanzania n’ahandi. Umuhanzi Meddy usanzwe afatwa nk’umuvandimwe wa The Ben yagize inzitizi ntiyaboneka ariko agenera ubutumwa The Ben na Pamella. Ni […]

Meddy yavuze icyatumye atitabira ubukwe, The Ben na Pamella bahabwa ubutaka muri Zanzibar (Amafoto) Read More »

AB Godwin yasobanuye impamvu yaririmbye ku rukundo rwa Prince Kid na Elsa.

Mutimura Abed [AB Godwin] bamwe bitiririra Jay Polly,wanashyize indirimbo hanze yise ‘Where’s The Love’ yumvikanamo agaruka ku rukundo rwa Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa yasobanuye byinshi kuri iyi ndirimbo. Godwin ari mu bagabo batunganya amashusho y’indirimbo bamaze kubaka izina mu ruganda rw’umuziki mu Rwanda. Muri Gicurasi 2023 nibwo yagarutsweho cyane icyo gihe biturutse ku

AB Godwin yasobanuye impamvu yaririmbye ku rukundo rwa Prince Kid na Elsa. Read More »

Abahanzi 10 basozanije umwaka umugisha wo gukora mu biganza bya Perezida Kagame-AMAFOTO

Umwaka wa 2023 wabaye umwaka w’amateka mu myidagaduro nyarwanda binongera imbaraga mu buryo bumwe cyangwa n’ubundi bishingiye ku bikorwa bikomeye u Rwanda rwakiriye n’uburyo Perezida Paul Kagame yagiye abyitabira anakira bamwe mu bahanzi icyizere n’ibyishimo birushaho kwiyongera. Umwaka wa 2023 wabaye umwaka w’amateka mu myidagaduro nyarwanda binongera imbaraga mu buryo bumwe cyangwa n’ubundi bishingiye ku

Abahanzi 10 basozanije umwaka umugisha wo gukora mu biganza bya Perezida Kagame-AMAFOTO Read More »

Injira ahagiye kubera igitaramo cya Yago ushobora gutungurana mu ndirimbo za Noheli-AMAFOTO.

Kuri uyu wa 22 Ukuboza 2023 nk’uko byari byitezwe na benshi Yago agiye kumurika Album ye ya mbere yise ‘Suwejo’. Uyu musore w’imyaka 29 yinjiye mu muziki mu mpera z’umwaka wa 2022. Mu mwaka umwe amaze yinjiye mu muziki amaze kweguka ibihembo 2 nk’umuhanzi mushya mwiza w’umwaka harimo icya Isango na Muzika Awards. Ahantu hagiye

Injira ahagiye kubera igitaramo cya Yago ushobora gutungurana mu ndirimbo za Noheli-AMAFOTO. Read More »

Ibyago bitanu, byari bigiye gutuma, impano ya Yago izimira.

Yago wahoze ari umunyamakuru yatangiye urugendo rwe mu muziki nk’umuhanzi wigenga mu mpera ya 2022. Uyu musore w’imyaka 29 nubwo yabwiwe amagambo y’urucantege mu gutangira kwe, yakomeje intego yari yiyemeje kugeza uyu munsi agiye kumurika album ye ya mbere yise “Suwejo”. Ni mu gitaramo giteganyijwe ku wa 22 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali, kizitabirwa n’ababyeyi

Ibyago bitanu, byari bigiye gutuma, impano ya Yago izimira. Read More »

DAVID Na wizkid, bongeye kuba, nka kagozi kazirikanyije,nyuma yamakimbirane bari bafitanye.

Nyuma yaho hamaze iminsi, humvikana umwuka mubi, hagati yabahanzi bakomeye, mu gihungu cya nigerian. Ubu noneho umubano wabo umeze neza,ni nyuma yaho Davido agaragaye kumbuga nkoranya mbaga ze, akundisha aba nya nigeria gukunda ibihangano bya wizkid, birimo n’indirimbo ajyiye gushyira hanze kuri uyu wagatantu taliki ya 22 ukuboza 2023. Ibi byamenyekanye kuri uyu wa kane

DAVID Na wizkid, bongeye kuba, nka kagozi kazirikanyije,nyuma yamakimbirane bari bafitanye. Read More »

abahanzi bakomeye, mumuziki nyarwanda, no hanze y’igihugu, bazitabira ubukwe, bwa the ben.

Aba ngo bamaze kuzinga ibikapu byabo berekeye ikigali m’urwanda aho bazaba baje mubukwe bw’umwe mubahanzi bakomeye mu rwanda, no muri Afuruca y’uburasirazuba. Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe bwiki cyamamare, bazaba barimo abingajemo, abo murwanda, no muri afurika y’uburasirazuba, ndetse no kumugabane w’ubulayi, ariko bahoze baba murwanda. Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe baturutse muri Afurika y’uburasirazuba,Rema

abahanzi bakomeye, mumuziki nyarwanda, no hanze y’igihugu, bazitabira ubukwe, bwa the ben. Read More »

Mr Ibu Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria yaciwe ukuguru.

Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria, Nollywood, John Okafor, wamamaye nka Mr Ibu yaciwe ukuguru nyuma y’amezi abiri yari amaze ahanganye n’uburwayi bwo kuvura kw’amaraso ku bice by’amaguru. John Okafor w’imyaka 62, byari byatangajwe ko agiye gucibwa amaguru yombi gusa ibi byamaganiwe kure n’umukobwa we Valatine Okafor, avuga ko umubyeyi we yaciwe ukuguru kumwe. Mu

Mr Ibu Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria yaciwe ukuguru. Read More »

igitaramo cy’umuhanzi nyarwandaYago Pon Dat imyiteguro yacyo irarimbanyije.

Yago Pon Dat mu myiteguro ya nyuma y’iki gitaramo, aho ari kumwe nabangenzibe bo mw’itsinda ry’abacuranzi rya Symphony Band. Mu kiganiro nitangaza makurue, Yago yavuze ko imyiteguro y’igitaramo cye igeze ku cyigero cya 60% mu gihe ibisigaye ari kubikoraho ku buryo umunsi w’igitaramo uzagera byose byuzuye. Ni umuhanzi wavuze ko yiteguye gukora igitaramo cya Live

igitaramo cy’umuhanzi nyarwandaYago Pon Dat imyiteguro yacyo irarimbanyije. Read More »

Tiffah na Nillah abana ba zari bongeye kwivumbirira umwe mubo mumuryango wabo.

Kumunsi wejo abana ba zari bongeye kugaragaza ko batishimiye umwe mubabarera. Aba bana babisabye nyina, ubwo uwo nyirarume wabo basaga nkaho har ibyo batumvikanyeho, niko gusaba zari ko bakwijyira mukindi gihugu, ibi byatagajwe mumashusho yagiye hanze abana bari gusaba nyina ko bataha bakajya muri afurika y’epfo. Aya mashusho yagaragaye Tiffah na Nillah, bari gusaba nyina

Tiffah na Nillah abana ba zari bongeye kwivumbirira umwe mubo mumuryango wabo. Read More »