wex24news

IMYIDAGADURO

guhangana gukomeye hagati ya kigali boss babes na zari hassan

Hashize iminsi mike Zari atangaje ko agiye gutaramira i Kigali, aho agiye gukorera bwa mbere ibirori bya ‘All White Party’ bimenyerewe kubera muri Uganda. ikigitaramo kizabera akabali ahazwi nko muri ‘The Wave Club’ gaherereye i Remera. Iki gitaramo kizaba gikurikira icyo uyu mugore yakoreye muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize kikaba kimwe mu byitabiriwe n’abantu […]

guhangana gukomeye hagati ya kigali boss babes na zari hassan Read More »

juno kizigenza nyuma yuko agiriye inama,umwe mubakobwa bamutuye indimbo ngo abireke kuririmba,ubu noneho uyu mukobwa yasubiye muri studio.

Ubwo juno kizigenza yagiraga inama umwe mubakobwa bamwihebeye kugeza ubwo yamuhimbiye indirimbo akamubwira ko kuririmba atari ibyabose ashaka kumwumvishako kuririmba atari ibintu bye, ubu noneho uyu mukobwa yanze gucika inenge yongera gukora munganzo ajya muri zimwe munz zituganya imiziki(studio) aho yagiye gukora indirimbo yanoheri azatura abanyarwanda bose muri rusange. Mu minsi mike ishije nibwo, Juno

juno kizigenza nyuma yuko agiriye inama,umwe mubakobwa bamutuye indimbo ngo abireke kuririmba,ubu noneho uyu mukobwa yasubiye muri studio. Read More »

Linda umukobwa wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana (ex)

Linda umukobw wari ufite ubukwe ku wa 6 bwasubutswe bitewe nuwo bahoze bakundana (ex) Umunyamideri witwa Lindamukobwa witwa Linda wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundanaLinda ni Umunyamideri wo mu gihugu cya Nigeria akomeje gushegurwa bikome n’ gahinda gakomeye nyuma y’uko ubukwe bwe bwari ku wa Gatandatu washize tariki ya

Linda umukobwa wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana (ex) Read More »

Zari Hassan yikomye itangazamakuru ryasohoye amashusho ye yamugize umukecuru.

Umunyamideli Zari Hassan yiyamye abanyamakuru batangaje ikiganiro yakoze bakamugira umukecuru. Nimukiganiro yakoze nitangaza makuru mbere yuko akora igitaramo All White Party nyuma yigitaramo yasubiye mumashusho asanga abayateguye baramuhinduye umukecuru mumaso . Abayakurikiranye bahise bamwibazaho,ngo koyashaje batagira kwibaza kumyaka ye nyuma yibyobyose,Zari Hassan yahise atangaza kurukuta rwe rwa insitgram abiyama ko barengereye, ariko ko nakintu byamutwaye.

Zari Hassan yikomye itangazamakuru ryasohoye amashusho ye yamugize umukecuru. Read More »

Christmas at the beach’ igitaramo cyateguwe na platin .

Nemeye Platini na DJ Sonia bagiye gusangirira Noheli n’abakunzi babo ku mucanga w’i Karongi, mu gitaramo bise ‘Christmas at the beach’ giteganyijwe kubera ahitwa Carnival Beach ku wa 23 Ukuboza 2023. Iki gitaramo kizayoborwa na Lucky Nzeyimana, Platini yagize ‘’ati’’iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo gusangira Noheli n’inshuti ze ndetse n’abakunzi be bifuje kucyitabira. Ati

Christmas at the beach’ igitaramo cyateguwe na platin . Read More »

SUNDAY AFFAIR “filime yakunzwe cyane muri Nigeria mu mwaka wa 2023”.

Mu nyandiko yanditse kuri Instagram, Umuyobozi mukuru Mo ‘Abudu yatangaje aya makuru. Ati: “Twishimiye kumenyesha ko filime yacu yise” SUNDAY AFFAIR “, yinjije amafaranga adasanzwe 9.500.000 (Miliyoni icyenda, Ibihumbi magana atanu), bigaragara ko ari filime yakunzwe cyane muri Nijeriya mu gice cya mbere cya 2023”. . Aya makuru ari muri Netflix “Ibyo Twarebye: Raporo yo

SUNDAY AFFAIR “filime yakunzwe cyane muri Nigeria mu mwaka wa 2023”. Read More »

nyuma yigihe kinini abakinnyi ba cinema batagicana uwaka ubu noneho baravugwa m’urukundo.

Zaba Missedcall n’umukunzi we baherutse gutangaza ko biyunze,ninyuma yaho yavuzwe cyane gutadukana kwaba bombi, bikaba byaranatumye batagira gukorana filime nshya y’uruhererekane bitegura gusohora mu minsi iri imbere bise ‘aho yaciye’. Mu butumwa banyujije kuri YouTube chane yabo, bahishuye ko biyunze nyuma y’igihe kinini bafashe icyemezo cyo gutandukana. Aha kandi Zaba Missedcall yaboneyeho gutangaza ikintu cyari

nyuma yigihe kinini abakinnyi ba cinema batagicana uwaka ubu noneho baravugwa m’urukundo. Read More »

Christmas Night Run’siporo yateguwe hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro,

Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororangingo mu Rwanda (RAF), Minisiteri ya Siporo n’Umujyi wa Kigali byateguye siporo ya nijoro “Christmas Night Run” izaba ku wa Gatanu, tariki ya 22 Ukuboza 2023, hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro, mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kwinjira mu minsi mikuru bafite ubuzima bwiza. Abazitabira iyi siporo bazahurira ku masangano

Christmas Night Run’siporo yateguwe hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro, Read More »

Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka y’imyaka 103.

mu ijoro ryo kuwa gatandatu, pixie wahatanaga imikino ngorora mubiri eve gilles, ufite imyaka 2o ukomoka muri nord-pas-de-calais mu majyaruguru yubufaransa yambitswe ikamba yegukanye iri rushanwa maze atangaza ko ari igisubizo cyiza ku budasa Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka

Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka y’imyaka 103. Read More »

D Voice uheruka gusinyishwa na diamon platinumuz muri WCB yashyize indirimbo ye ya gatatu hanze.

D Voice umwe mubana bazamutse vuba muri tanzania aho aheruka gusinyishwa na Diamon platnumuz muri WCB yasohoye indirimbo nshyashya ya 3.Ni indirimbo nziza cyane ikurikira iyitwa ‘BamBam’ uyu muhanzi yakoranye na Zuchu wamwakiriye muri iyi nzu isanzwe ifasha abahanzi.BamBam niyo ndiriimbo ya mbere D Voice yakoze yagize abarenga Miliyoni kuko yarebwe n’abantu 3.4 kandi ikirebwa.

D Voice uheruka gusinyishwa na diamon platinumuz muri WCB yashyize indirimbo ye ya gatatu hanze. Read More »