wex24news

IMYIDAGADURO

umuhanzi nemeye platini yabajijwe kugutadukana n’umugorewe araruca ararumira.

umumuhanzi Nemeye platini yabajijwe kugutadukana kwe numugorewe araruca ararumira nyuma yaho humvikanye amakuru ko yatadukanye numugere we Ingabire olivia basezeranye byemewe namatengeko. ubwo yari yitabiriye igitaramo cyitwa Gen -Z comed niho Nemeye wari watumiwe nk,umushyitsi mukuru abazwa iki kibazo gusa niyagira icyo abivugao agihabwa ikaze, yakirijwe ikibazo cy’umuryagowe, ibi byose bika biterwa nuko ngo umugore […]

umuhanzi nemeye platini yabajijwe kugutadukana n’umugorewe araruca ararumira. Read More »

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa.

Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku munsi w’ejo kuwa gatatu(3) taliki ya 13 Ukuboza 2023. Papa Francis yavuze ko mugihe yaba yitabye Imana, atagomba kuzashyingurwa muri St Peter’s Basilica nk’uko bisanzwe bikorwa ku bandi ba Papa.ubwo yaganiraga nitagazamakuru yivugiye ko ariho azashyigurwaMu magambo ye yagize ati: “Aho ngomba kuzashyingurwa kugeza uyu munsi

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa. Read More »

nigeria;mu cyiro cyimideli charity nyabongo yegukanye igihemo

Umunyamideli Anna Charity Nyabonyo,wo muri uganda yatsinze bagenzi be bo muri Afurika atahana igihembo cya ‘Afrimact Model’ mu birori byabereye muri Nigeria. Ibirori byo gutanga ibihembo byabaye ku itariki 01 Ukuboza 2023. Byari bigamije kwerekana urwego imideli yo muri Afurika igezeho ari nako haganirwa ku buhanzi, umuco n’ubukerarugendo Nyabonyo ni umunyamideli uyobora Miss Africulture akaba

nigeria;mu cyiro cyimideli charity nyabongo yegukanye igihemo Read More »

titi brown asubiye imbere y’inyiko!!

Nkuko byakomeje gucaracara muri rubanda nyuma y’ifungurwa rya Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ,wamaze imyaka isaga ibiri akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana utujuje imyaka y’ubukure . Nyuma yuko urukiko rukuru Rwa Nyarugenge rwanzuyeko Titi Brown afungurwa nyuma yo kugirwa umwere nyuma yo gusanga ibimenyetso ubushinjacyaha bwatanze nta shingiro bifite. kuri ubu amagambo yongeye kuba

titi brown asubiye imbere y’inyiko!! Read More »

‘Declan Rice’ ya Odumodu Blvck n’indirimbo ya Spotify yitiriwe arsenal fc

Uyu muraperi wegukanye ibihembo biteganijwe ko azasoza umwaka kukuko indirimbo ye yamamaye ku rwego mpuzamahanga yitwa Declan Rice yashyizwe ku rutonde na Spotify nk’indirimbo ya kabiri mu njyana ya rap ku isi ya 2023 Indirimbo yasohotse muri Werurwe 2023 ni imwe mu ndirimbo ziyobora imvange ya Odumodu Eziokwu yishimiye ubucuruzi bukomeye kuko yageze kuri OYA

‘Declan Rice’ ya Odumodu Blvck n’indirimbo ya Spotify yitiriwe arsenal fc Read More »

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi

kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa. Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza bivugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha. Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023. Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi Read More »

andre braugher wari umukinnyi wa filime yitabye imana

AndreBraugher umunyamerika wamamaye muri filime  yitabye Imana nyuma yoguhangana n’uburwayi yari amaranye  iminsi asigira benshi agahinda AndreBraugher wakunnye nka kapiteni Raymond Holt muri ‘’comedy’’ yakunzwe cyane ya’’ Brooklyn Nine-Nine ‘’Pembleton muri ‘’ homicide yahitanwe nuburwayi yaramaranye iminsi Tariki 13 ukuboza 2023  the guardian yatangaje urupfu rwa  Andre Keith Braugher wavutse 1 nyakanga 1961 muri Chicago

andre braugher wari umukinnyi wa filime yitabye imana Read More »

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Kiyovu Sports kuri Kigali Pelé Stadium 1-1, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona. Kiyovu Sports yanganyije na Rayon Sports isoza imikino ibanza iri ku mwanya wa gatandatuNi umukino waryoheye abari kuri muri stade, kuko amakipe yombi yerekanye umupira mwiza uryoheye ijisho. Ku munota wa

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1 Read More »

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera

Umubyinnyi Ishimwe Thiery wamamaye nka Titi Brown agiye gusubira imbere y’Urukiko. ni nyuma y’aho Ubushinjacyaha bwongeye kujurira mu rubanza rwa Tity Brown waherukaga gutsinda akagirwa umwere Ku wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2023 Saa Yine n’igice za mu gitondo nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Ishimwe Thiery ahita afungurwa akimara gusomerwa, nyuma y’imyaka isaga

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera Read More »

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0.

Abadepite b’u Rwanda batsinzwe n’aba Uganda ibitego 12-0 mu mukino w’umupira w’amaguru wo mu marushanwa ahuza Inteko Zishinga Amategeko zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ni umukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 11 Ukuboza 2023, kuri Kigali Pelé Stadium. Mbere yo gutangira gukina, abafana ba Uganda bari bamaze gushyiraho umurindi kurenza

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0. Read More »