wex24news

IMYIDAGADURO

zhara wo muri afurika y’Epfo yitabye imana

Umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo wari ukunzwe n’abatari bake, Bulelwa Mkutukana uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi  nka Zahara, yitabye Imana ku myaka 36. Amakuru yemezwa na Minisitiri wa Siporo ,ubuhanzi n’Umuco, Zizi Kodwa, avuga ko yitabye Imana  mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya  10 Ukuboza 2023, aguye mu Bitaro biri Johannesburg . Ati […]

zhara wo muri afurika y’Epfo yitabye imana Read More »

igitaramo cyi mideli cyizabera ikigali bigaragara ko aricyo cyanyuma mur’uyu mwaka 2023

Nyuma y’uko ibirori by’imideli byari bikomeye nka Rwanda Fashion Week, Kigali Fashion Week, Rwanda Cultural Fashion Show, Mercedes-Benz Fashion Week na Rwanda Modesty Fashion Show bisa nk’ibyahagaze hagiye kuba ibindi bishya bizasoza umwaka wa 2023 uri kugana ku musozo. Ni ibirori byiswe ‘Rifi Dance & Fashion Show’ bizahurizwamo kumurika imideli y’imyambaro itandukanye y’abanyamideli bakomeye mu

igitaramo cyi mideli cyizabera ikigali bigaragara ko aricyo cyanyuma mur’uyu mwaka 2023 Read More »

igitaramo cyo kwizihiza noheli na bonane cya teguwe na DJ Bissosso

Ku nshuro ya kabiri, DJ Bissosso yongeye gutegura ibitaramo byo kwizihiza Noheli n’Ubunani, by’umwihariko hagamijwe kunezeza abifuza kurira iyi minsi mikuru hanze ya Kigali cyane ko ibi bitaramo bibera mu Mujyi wa Musanze n’i Rubavu. Ni ku nshuro ya kabiri ibi bitaramo bigiye kuba kuko uyu mugabo wamamaye mu kuvanga imiziki yatangiye kubitegura umwaka ushize.

igitaramo cyo kwizihiza noheli na bonane cya teguwe na DJ Bissosso Read More »

aba nibamwe mubahanzi nyarwanda umwaka wa 2023 usize bafite agatubutse murwanda.

Bimwe mu bitaramo bikomeye byatumye umwaka wa 2023 usize umuziki w’u Rwanda ku rundi rwego, harimo ‘Giants of Africa’ yitabiriwe n’ibyamamare nka Davido, Tiwa Savage, Diamond Platnumz n’abandi benshi. Ntitwakwibagirwa ‘Trace Music Awards’ yahurije i Kigali mu Rwanda abahanzi bakomeye bo ku mugabane wa Afurika ndetse binafasha abahanzi nyarwanda kuhakura uburyo bw’imikoranire. Hari kandi igitaramo

aba nibamwe mubahanzi nyarwanda umwaka wa 2023 usize bafite agatubutse murwanda. Read More »

Davide Renne wari umunyamideli yitabye imana.

Davide yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu, nyuma y’iminsi icyenda gusa agizwe umuyobozi w’ubuhanzi muri Moschino. Biravugwa ko yishwe n’indwara y’umutima. Uyu ni umwe mu bahanga mu bijyanye n’ubuhanzi bw’imideli kuko yamaze imyaka 20 ari umuyobozi w’abahanga imyambaro y’abagore muri Gucci ari naho yubakiye izina. Iminsi icyenda yari amaze muri Moschino yari yatangiye gukora ku

Davide Renne wari umunyamideli yitabye imana. Read More »

Fally Ipupa yerekanye ko ari umuhanzi mukuru yiyama abantu bamugira umunyapolitiki

Umuhanzi wo muri Repebulika iharanira Demokarasi ya Congo Fally Ipupa yakoze igitaramo cyerekanyeubushongore n’ubukaka mu bwongereza nyuma yo gusubukura ibitaramo yari amaze igihe adakoreramu mahanga.Umuhanzi Fally Ipupa N’simba w’imyaka 45 uzwi nka Fally Ipupa mu muziki, aherutse kwitandukanyan’abantu bamushyira muri politiki kandi ari umunyamuziki bigatuma adakora ibitaramo mu bihuguby’amahanga. Umwaka ushize Fally Ipupa yakoreye igitaramo

Fally Ipupa yerekanye ko ari umuhanzi mukuru yiyama abantu bamugira umunyapolitiki Read More »

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura ,Ally Soudy wariumaze iminsi i Kigali aho yari yitabiriye igitaramo cya ‘Move Afrika’ cyari cyazinduye Kendrick Lamargiherutse kubera i Kigali, yashyizehanze ko yatutunguwe n’umugore we amuha itike y’indege yokucyitabira.Ubusanzwe Ally Soudy usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatunguwe n’umugore weku munsi we w’amavuko amuha impano

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura Read More »