wex24news

IYOBOKAMANA

Ramjaane Joshua yagabiye inka umugore wa Pasiteri Théogène Niyonshuti

Ramjaane Joshua Niyoyita wamamaye ubwo yari umunyarwenya akaba n’umunyamakuru mu Rwanda icyakora kuri ubu akaba asigaye atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagabiye inka umugore wa nyakwigendera Pasiteri Théogène Niyonshuti wari uzwi ku izina rya Inzahuke. Ni igikorwa Ramjaane Joshua yakoze kuri uyu wa 17 Nzeri 2024 ubwo yari amaze gusura umuryango wa Nyakwigendera, […]

Ramjaane Joshua yagabiye inka umugore wa Pasiteri Théogène Niyonshuti Read More »

Twabuzwa n’iki gushima Imana– Amb Murigande

Amb. Dr Charles Murigande, Umuhuzabikorwa w’igiterane ‘Rwanda Shima Imana’ avuga ko mu myaka 30 ishize hari impamvu nyinshi zituma abanyarwanda n’u Rwanda bashima Imana. Igiterane kizaba ku Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024 muri Sitade Amahoro, imiryango izaba ifunguye guhera Saa Tanu z’amanywa. Binyuze mu butumwa bugufi bwa video bikomeje gusakazwa n’abategura igiterane, Amb Dr Murigande

Twabuzwa n’iki gushima Imana– Amb Murigande Read More »

 Pasiteri w’icyamamare yahakanye  ibyaha ashinjwa

Umwunganizi mu mategeko w’icyamamare, Pasiteri Apollo Quiboloy, wiyise “Umwana w’Imana watoranyijwe”, yahakanye ibyaha ashinjwa birimo gucuruza abantu, guhohotera abana no kubashora mu busambanyi. Ikinyamakuru Arise News cyatangaje ko uyu munyamategeko, Israelito Torreon, kuri uyu wa Gatanu nyuma y’iburanishwa ryabereye i Manila mu mujyi wa Philippine yavuze ko umukiliya we ari ‘umwere’ mu gihe urundi rubanza

 Pasiteri w’icyamamare yahakanye  ibyaha ashinjwa Read More »

Musenyeri Mbanda yavuze ko nta gahunda yo guhindura izina ry’Itorero Angilikani ry’u Rwanda iriho

Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Musenyeri Laurent Mbanda yatangaje ko itorero ayoboye rizaguma kwitwa iryo zina kugeza Yesu agarutse, aho kuba nk’iry’u Bwongereza rishaka guhindura izina ijambo ‘church’ rigasimbuzwa amazina ari kugeragezwa harimo na ‘community’. Mu minsi ishize Itorero Angilikani ry’u Bwongereza ryatangaje ko rishaka gukura ijambo ’itorero’ (church) mu mazina yaryo kugira ngo bivugike

Musenyeri Mbanda yavuze ko nta gahunda yo guhindura izina ry’Itorero Angilikani ry’u Rwanda iriho Read More »

Korali Jehovah Jireh yateguye igitaramo gikomeye

Korali Jehovah Jireh ya CEP ULK Post Cepiens yararikiye abantu bose kwitabira igiterane cy’imbaturamugabo kigamije gutarura Intama zazimiye no guha ibyiringiro imitima y’abimariyemo ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo. Iki Giterane cyiswe “Imana iratsinze Live Concert ” kigiye kuba ku nshuro ya Kabiri, giteganyijwe kubera muri Stade ya ULK mu Mujyi wa Kigali ku wa 22

Korali Jehovah Jireh yateguye igitaramo gikomeye Read More »

Igiterane ‘Rwanda Shima Imana’ cyimuriwe itariki kizaberaho

Igiterane ngarukamwaka cya Rwanda Shima Imana cyari giteganyijwe ku wa 15 Nzeri 2024, cyimuriwe ku itariki ya 29 Nzeri 2024. Abategura icyo giterane batangaje ko izo mpinduka zaje zibatunguye. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Nzeri 2024, abategura icyo giterane babwiye itangazamakuru ko bisegura ku bantu bose babafasha muri icyo gikorwa kandi bahamya ko

Igiterane ‘Rwanda Shima Imana’ cyimuriwe itariki kizaberaho Read More »

Ukwiye kubanza gukira ubwawe mbere yo gukiza abandi – cardinal Kambanda

Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda, Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yagaragaje ko gufasha abandi gukira ibikomere bisaba ko umuntu ukiza abandi akwiye kubanza gukira mbere. Ibi yabigarutseho mu nama nyunguranabitekerezo ku komorana ibikomere no kubaka ubumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa yatangiye kuva kuri uyu wa 26 Kanama kugeza ku wa 28 Kanama

Ukwiye kubanza gukira ubwawe mbere yo gukiza abandi – cardinal Kambanda Read More »

Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Arashima Imana yamukirije umwana kanseri

Jackie Mugabo, Umupasiteri akaba n’Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana, yageze mu Rwanda ku wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 avuye mu Bwongereza ari naho atuye kandi akorera umurimo w’Imana, atangaza ko afite amashimwe akomeye kubera ko Imana yamukirije umwana kanseri. Mugabo yamenyekanye cyane mu ndirimbo; Akira Mwami, Yesu ndiye kimbilio langu, Ndagukunda Mama, There is a

Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Arashima Imana yamukirije umwana kanseri Read More »

Imvano ya rwaserera mu muziki wa ’Gospel’

Biragoye ku mwana w’umuntu kwiyumvisha ko abantu bakorera Umwami umwe bashobora kubaho mu ihangana rikomeye ndetse n’intambara za bucece bamwe bakamera nk’abakeba cyangwa se abadikanyije amasambu. Ibi ni ko bimeze hagati y’amatorero menshi ya gikirisitu kandi ntibijya bivugwa kenshi ariko niko kuri. Urugero rwa hafi ruheruka ni urwa Messengers Singers, itsinda ry’abasore bahimbaza Imana rikorera

Imvano ya rwaserera mu muziki wa ’Gospel’ Read More »